Ingabo za RDF zizasahura uhereye kwa Rubangura bayogoze umujyi wose Umwakagara namara kwicwa!!!

Nov 6, 2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore na kugize umuvugizi wa bakiranutsi batuye mu isi ya bazima, kugirango ubashe kubavuganira, ndetse unabingingire k’Uwiteka Imana Nyiringabo, maze Uwiteka yumve kwinginga kwawe kuko yakugize umucamanza w’ubwoko bwe muri iyisi kugirango Uwiteka abashe kumva gusenga kwawe kandi abashe kubabera igisubizo uko niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mu gihugu cy’Ibabyloni, mbona icyegera cy’umukuru w’igihugu cya Kenya William Samuei Ruto, mbona yegeranije abakuru b’ubwoko bwabo (Kalenjini). Maze abaha amabwiriza ya nyuma kuko yaramaze kubona yuko agiye gufungwa asiga ababwiye ko, naramuka atsinzwe urubanza agafungwa bazahite bahaguruka batangire kwica abo mu bwoko bw’Abakikuyu bari bahanganye 2007 uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore hari umugore ugiye gusengera uwo mugore bamutwaye amaphoto (2) bajya kuyaroga bayatwaye mu isi y’umwijima, none umusengere maze ukize ubugingo bwe uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore banatwaye imyenda (2) y’imbere ba mbariraho kugirango bahumanye ubugingo bwe uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ibigiye kubaho muri gakondo yabakiranutsi, biteye ubwoba na gahinda kuko hagiye kubaho intambara ikomeye cyane, kandi ko abasirikare ba RDF batiteguye kuyirwana, ahubwo biteguye gusahura ndetse bifuza yuko iyo ntamabara yaba vuba kuburyo bwihuse kubera inyota y’ubutegetsi bafite kuko bazahera kwa RUBANGURA building batangira gusahura kumanywa y’ihangu abantu bose bareba uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abo basirikare bazaba bayobowe n’umujenerari ukomeye mu bjutegetsi bw’Umwakagara Paul Kagame, icyo gihe amaduka yose uhereye kumurongo abacuruzi bose bakorera Nyarugenge uturutse kwa Rubangura bazayasahura abaturage barebera kukarubanda uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uko niko bigiye kugenda muri gakondo ya bakiranutsi kuko hagiye gutera intambara ikomeye cyane, kandi abaturage benshi bazayigwamo kuko abakabarokoye nibo bazabica kugirango bitwarire imitungo yabo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
None bwira ababishoboye bakize ubugingo bwabo, kuko uko babikeka atari ko bizagenda, kuko hagiye gutera akaga, ni byago, na makuba, kandi abatazakiza ubugingo bwabo, bazahura bazarimbuka. Ntibazabona ubakiza kuko ngiye gukora ibikomeye uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwuka w’inzika y’inzigo wongeye guhaguruka kandi ni wowe ishaka, ariko Uwiteka arakurinze cyane, uko yarinze umurwa wa Yerusalem uko niko na we alinzwe ubugingo bwawe uko niko abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ndimo kugabanya abantu b’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo gakondo yabo, Uwiteka arambwira ati, mwana w’umuntu bwira ubwoko bwanjye bose bemeye ijambo ry’Ubuhanuzi ko Uwiteka agiye gutanga gakondo yaburi wese kuko igihe kigeze ngo Uwiteka atange umugabane wa buri muntu kuko igihe gishyize cyera bategereje amasezerano basezeranijwe n’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomez kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira abantu bitunganye kandi bitegure Uwiteka agiye kumanuka kureba abari kurutonde kugirango arekure ibyo yabasezeranije maze bimenyekane yuko Uwiteka ari we Imana uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ntakabuza abanzi b’Uwiteka Imana bazifuza guhindukirira Uwiteka Imana Nyiringabo batagishoboka ko abonwa, nyamara abategereza iteka ryose siko bizahora kuko Uwiteka agiye kubahundagazaho umugisha ariko ibi birareba gusa abamvura Uwiteka Imana Nyiringabo no kumwizera uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ibyo na gusezeranije bigeze kumarembo bigiye gusohora, none tangira witegure kubyakira kugirango umenye yuko nd’Uwiteka Imana yaweuko niko abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ukwiye gukora amasengesho kuko inkozi z’ikibi zirashaka kuburizamo umugisha wawe itegereze uriya mugabo ufite umuvure, ni uko ndamwitegereza cyane, mbona uwo mugabo azanye umuvure agiye gutegura umutobe, maze mbona mu gihe arimo kwitegura haza undi mugabo atwara wa muvure wo gutunganya umutobe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, sengera abakiranutsi kuko Uwiteka Imana agiye kubahundagaza ho umugisha ariko inkozi z’ikibi zikaba zishaka kuburizamo uwo mugisha, ndetse ubwire abakiranutsi buri wese wiyiziho kuba ari umukiranutsi asengere umugisha we mu minsi itarenze (3) amasengesho yo kwiyiriza uhereye 6 hr to 6 hrs uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore za magigiri zimaze iminsi zitegereje mu mayira abiri ko zakubona unyuraho kuko zamaze kumenya icyerekezo cyawe, none dore baragutegereje ntutarabuke ngo uve murugo ahubwo utuze kugeza igihe zizagendera uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
egretnewseditor@gmail.com