Umugabo w’umupfapfa utagira nyamutegera akazaza ejo, asa nuca ibihanga by’abantu pee!!!
OCT 20, 2015 Njyanwa mu iyerekwa munsi y’umusozi wubatsweho amashuli yo kwigisha ubwoko bw’Abatutsi kwubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, ngeze munsi ya musozi kuruhande kw’iburyo mbona ko mfashe icumu mu ntoki, mbona icumu ryivanye mu giti cya ryo cy’umuhunda maze mfata rya cumu ndisubizamwo, ndakomeza ngeze imbere mpasanga iteme rinyuramo amazi munsi yaryo, nuko mu gihe nshaka kwambuka iryo iteme mbona kuruhande hari inka na zo zari zintegereje ngo twambukane iryo iteme uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rimbwira riti, mwana w’umuntu, dore inkozi zikibi zohereje imbaraga z’umwijima ziguteze ibibazo kugirango ibibazo byawe byari bigiye gukemuka bidakemuka ahubwo ukomeze kuba mu ntambara zidashira uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abega bagiye gushakisha umupfumu kazi wo mu bwoko bw’Islam ngo akoherereze imyuka mibi iguteza ibibazo kugirango utazava mu butayu bugufiya uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, magigiri BENONI UMUHOZA ZACHARIAH bamukuye muri Embassy ya France, bamushakira ibiraka byo kwica abantu batavuga rumwe n’ingoma y’abega aho baba bari hose yaba muri Africa cyangwa EUROPE aho niho ashinzwe kujya guca ibihanga by’abantu b’inzirakarengane batemera ingoma yabo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, iyo amaze guca ibihanga by’abantu, ahita asubira muri France aho Leta y’abega yahinduye indiri yo guhisha abamaze kwica abatavuga rumwe n’ingoma yabo kugirango batazamenyekana uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore iyo inkozi yikibi BENONI UMUHOZA ZACHARIAH asubiye mu bapfumu kubaza nimba bashobora ku kuzingazinga kugirango ube umukene utazigera umenyekana ukazamushyira ahabona uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore hari ibice (2); by’abashaka umugisha wawe, hari abari baratwaye umugisha wawe, hakaba na barimo gushaka ku gushimuta kandi bose bagiye mu bapfumu batandukanye. Ariko bararuhira ubusa bariyimbire kuko bashinga umuhunda ku kirenge kuko ibyo bifuza bidashoboka kuko bitabaho ko Umuhanuzi w’Uwiteka yatabwa mu maboko ya abanyabyaha uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwuka w’urukoza soni woherejwe na Nyiramongi Jeannette Kagame arahiga ubugingo bwawe nyamara nta bwo ashobora kububona kuko buhishanywe mu Mana na Kristo Umwami wo gukiranuka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hariho abasore balimo kugenza ubugingo bwawe ube maso cyane, kandi wirinde cyane kuko umwanzi alimo kuguhigira hasi no hejuru uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abahiga ubugingo bwawe ababakomokaho bazaba inzererezi mu isi ya bazima kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abavumye kuzageza ku gisekuruza cya (4) uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Murekatete Mukandirima Odette agiweho n’umuvumo w’iteka ryose kandi akozwe nisoni kw’isi ya bazima kuko yashatse kumena amaraso yawe kandi ari nta cyaha wa mukoreye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore bamaze kuraguza no guterekera kandi bamenye yuko wambutse amazi magari ugiye aho batazongera ku kubona kandi ko uzabateza akaga ni byago na makuba kubera ubugizi bwa nabi bwabo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore na gushyiriyeho kugirango ucire imanza kandi uhanurire amahanga kugirango ugarure ubwoko bwanjye mu nzira yo gukiranuka kuko abenshi bababeshye bakurwa mu buntu bw’Uwiteka Imana none hanura kandi uvume inkozi zibibi maze uzicireho iteka uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ni uko Ndatangira ndabavuma Uwiteka aravuze ngo, muravumwe kuko mwarwanije umugaragu w’Uwiteka wasizwe amavuta y’umwuka wera kandi yo gukiranuka, kubera yuko mwahize utariho urubanza na we arabavumye mu izina ry’Uwiteka Imana Uhoraho Nyiringabo, kurukiryi rwanyu nti ruzaragarike, kandi ahanyu ntihazibukwe ukundi, muzahorane agahinda mu mitima yanyu igihe cyose kuzageza muvuye kuri iy’isi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore nta kabuza magingo aya, mu gihe gisa nk’iki, umwaka utaha muzaba mushaka aho muhwekera nyamara ntimuzahabona, kuko naho muzakinga umusaya nta bwo muzahabona, ibyo mwishyingikirije byose Uwiteka azabikuraho kandi gukorwa nisoni kwanyu mwakojeje abandi izo nizo soni zizabagarukira mubure aho mukwirwa uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
20 OCT,2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira abanyamadini (Synagogue Leaders) uti Uhoraho Imana Nyiringabo ategetse yuko insengero zanyu zifungwa n’Umwakagara kuko amaze kurambirwa uburiganya bwanyu n’ubugome byanyu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira abakiranutsi bose ko ar’ikizira k’Uwiteka kwambura imyenda iteye isoni mu nzu ya data
Deuteronomy 22:5
“A woman shall not wear a man’s garment, nor shall a man put on a woman’s cloak, for whoever does these things is an abomination to the LORD your God.
Leviticus 18:22
22You shall not lie with a male as with a woman; such a thing is an abomination. 23You shall not have sexual relations with an animal, defiling yourself with it; nor shall a woman set herself in front of an animal to mate with it; that is perverse.













