Abamushyize ku butegetsi nibo bazamukuraho amaze gusohoza imilimo y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwakagara dore yohereje imbaraga z’umwijima mu bazungu bayoboye ibihugu bikomeye birimo USA, UK, France, kugirango batarwanya ubutegetsi bwe, ahubwo barusheho ku bushyigikira kuko ari byo bihugu bifite imbaraga kandi bigiye kumukura ku ngoma ku ntebe ya bukunzi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore muri gakondo ya bakiranutsi hagiye kubaho ibyaha bw’ubusambanyi bwitwa abatinganyi mu bitsina byombi (Gays and Lesbians) dore urubyiruko nyarwanda rugiye gukora ibyangwa na maso y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo, niyompamvu gakondo ya bakiranutsi igihugu cyatoranijwe n’Uwiteka Imana Nyiringabo kuzajya gica imanza zitabera, umwanzi yahisemo kugihumanya kugirango umugambi w’Uhoraho utazasohozwa, ariko nyamara barasa na bashinga umuhunda ku kirenge kuko bidashobora guhindura umugambi we, ahubwo bizarushaho gutuma Uwiteka awukomeza uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu shakisha igihimbano cy’umwuka indirimbo ya 396 wumve uko ivuga.
Indirimbo ya 396 mu GUSHIMISHA
1 Ni heh’ abizera bazajya kuba? Mur’ iyi si nta ho tuzakirira nta hantu hatagerwa n’ umubisha:
ibibi nta hantu twa bihungira {nta ho, nta ho, mw isi nta ho; mw ijuru ni hw i wabo w’ abizera.} x 2
2 Tuzimuka mw isi, tuger’ iwacu; n’ aheza twubakiwe n’ umukiza ku Mana yacu, har’ amazu menshi yubakany’ isuku tutarabona {ni ho, ni ho, ni hw i wacu; n’ ubuturo bwiza tuzahoramo.} x
3 Yesu ni w’ ugir’ amahoro meza; urupfu n’ ibyago ni w’ ubitsinda abashak’ ubugingo budashira
ni mu mwizigir aza barengera {muze mwese, dushengere; mw ijuru, tuzimanan’ Umukiza.} x 2
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana rinzaho, dore Uwiteka Imana Nyiringabo akugize umucamanza wabakiranutsi, abanyabyaha bose batuye kw’isi yabazima, dore abakuzi hafi ya bose buzuye ishyari n’urugomo. None andika iyo migambi yabo uyishyire ahagaragara kuko bashaka kurimbura ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore wakunze gukiranuka wanga ubugome, niyompamvu Uwiteka Imana yawe ataguhana kandi atazakureka, nyamara abakugirira ishyari n’urugomo bose bari kwirahuriraho amakara yaka umuriro uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore aba Congo bavuga ururimi rw’ikinyarwanda biyita abanyamurenge, abagore babo bahorana ibipfunyika bya marozi bajya kuroga insengero na ba Pastor babo, buzuye ishyari, urwango, n’igomwa! Uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore urubyiruko rwabo (banyamurenge) ruraguhiga ngo bakugirire nabi ngo kubera wamaze kubatesha agaciro ubucuruzi bakoreraga mu murimo wa data (Church) ngo nta bwo birimo kugenda neza muri ino minsi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore abahanuzi babo balimo kuvuga menshi cyane barwanya Ubuhanuzi wandika, dore bakoranye n’ingoma y’abega ngo baguhigira hasi no hejuru kugeza bakubonye bagucishe igihanga uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwuka w’inzika y’inzigo wongeye guhaguruka, kubera umwakagara amaze kubura amahoro mu mutima kandi nta byiringiro asigaranye kugirango abashe gukomeza ubwami bwe, kuko ikinyoma cyose cyamaze gushyirwa ahagaragara. Rero ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko nd’Uwiteka Imana yawe ufitemo ibyiringiro uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, niyompamvu na kugize umucamanza wa mahanga kugirango ucire imanza ubwoko bwanjye, dore baza kurwanya ariko ntibazagushobora kuko nd’Uwiteka Imana yawe, abaza kurwanya nzabavuma kugirango bamenye yuko nd’Uwiteka Imana itanga umugisha nka na vuma, abaza kubera umugisha, nanjye nzababera umugisha uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, uza kuvuga nabi, nanjye nza muvuga nabi, kandi nza mwoherereza umwuka w’umuvumo kuzageza igihe bazaza imbere yawe bakihana maze n’ubababarira nanjye nzabaabarira uko niko abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mu gikombe cy’iyerekwa munsi ya gakondo yabakiranutsi, mbona gakondo ya bakiranutsi ibihingwa byose byarumbye, maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rirambwira riti, dore umugisha wo muri gakondo uhindutse umuvumo ku bahatuye, kuko mu minsi micye bagiye guhunga ibyo barwaniraga baruhiye imyaka n’imyaniko bagiye kubitera umugongo kubera kutumvira Uwiteka Imana yo mu ijuru, dore bazazerera bakwirwe imishwaro, ndetse isi yose iza baseka kuba bari bafite igihugu bakananirwa ku kiyobora mu mahoro bakanga kumva imbuzi z’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore nzabaseka ku munsi wa makuba ubwo azaba amaze kubagwira icyo gihe bazifuza ijambo ry’Uwiteka ribahumuriza umutima ariko nta bwo bazaribona uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, fata ikaramu yawe maze wandike uti, yewe mwana w’umwega, Uhoraho Uwiteka Nyiringabo agukuye ku ngoma kuko wanze kumwumvira ahubwo wakunze gukiranirwa wibwira yuko halimo agakiza, ariko igihe kiraje kandi kirasohoye ubwo ugiye gucirwaho iteka maze ukazicuza icyatumye ukiranirwa numara kwamburwa ubwami bwawe nibwo uzibuka ibitereko byasheshe uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.