Magigiri w’Abega yafatiwe mu cyuho

Magigiri Gislin Benimana Mulomba igihe wibwiye ko uri umunyabwenge, nicyo gihe ugwa mu mutego ukisanga winjiye mu byo watinyaga ukabihomberamo. Uburiganya bwose wakoresheje wibwiye ko nta bubonye, nyamara narabubonye ndakwihorera kugirango ndebe gukiranirwa kwawe iherezo ryako. Buriya se wungutse cyangwa wahombye? Inzira zose mukoresha nizimwe, kuko zirasa kuko zivuka impanga, kuko umwuka uzishoreye n’umwe. Nyamara nyuma yaha muzisanga murubanza, mutazashobora gutsinda.

Ingeso ntirala bashyitsi, wigize umuhanga, ndakwiyegereza ngo ndebe ikiri mu gihanga cyawe, mbona ugize ubwoba, mbukuraho kugirango ndusheho ku kwiyegereza, ubura aho uhungira, ubonye iminsi igusatiriye uhitamo kwishyira ahagaragara utanabanje gutekereza.

Nashakaga kumenya neza aho ineza yawe ishingiye, niba ishingiye kurukundo cyangwa ku bugambanyi, birangira wagaragaje uko warugambiriye kugira nabi.

Imvugo z’abagambanyi zirasa, zishobora gutandukana ho hato, ariko icyerekezo cyazo kiba ari kimwe, naho wa kwigira inyaryenge, byange bikunde bizarangira Uhoraho Uwiteka Nyiringabo agushyize ahagaragara. Muzi gukurikira Ubuhanuzi cyane, mutinya ko busohoza nyamara mwarangiza mukabusohoza kuko ari ntamahitamo muba mufite.

Nta gahunda narimfite yo gutangaza amakuru yifatwa rya Goma ni uko mwarashe amasasu ku baturage b’Igisenyi mukabica kugirango mubone ibirego murega DRCongo, nubwo wayobyaga uburali, nalinzi mbizi ko ari mwebwe mwabarashe nkubwira ko ngiye gutegura iyo inkuru, muhita mugusha inyangeNewss.com mutinya ko ngiye gutangaza iyo inkuru. Mu byukuri ntabwo nigeze nyitegura kuko iyo nyitegura mba nayishyize kuri egretNews.com

Mwihuse mujya gutangaza inkuru kuri BBC gahuza na VOA ijwi ry’America mutanguranwa ni uko nyitangaza kuko nalimaze kubikubwira. Ushobora kwibaza impamvu ntigeze nyitangaza mbere kandi byashobokaga?

Ifatwa rya Goma n’Ubuhanuzi bwamaze gusohora, urebye mu gice cya (14) cy’Ubuhanuzi (two pages) nashyizeho ejo (updates) bikubiyemo nibwira ko ari nabyo byatumye muhagarika umutima musa naho mutaye umutwe muhitamo kwishyira ahagaragara.

Hagiye gukurikiraho ikurwaho ry ’Umwakagara ku intebe yabukunzi! Ibyo nta bwo bihita ejo mugitondo, ahubwo murabanza mushyireho ubutegetsi bwa Goma mwigarurire ibyo bice byose byahoze ari ibya gakondo yabakiranutsi kugirango musohoze Ubuhanuzi, hanyuma muzabone gutwarwa mu butayu bugufiya.

Ibyahanuwe byose nta na kimwe kitazasohora, kuko ibyo Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yategetse bigomba gusohoza umugambi wabyo muri gakondo yabakiranutsi.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of living God of heaven; condemned and release the spirit of death of eternal life to Gislin Benimana Mulomba obtained № 34,3400/0001/0025 thus is heaven decisions.

egretnewseditor@gmail.com

Translate »
Skip to toolbar