Biragoye cyane kugirango Satani aburizemo ubuhanuzi!

Raila Odinga ubwo yarali Mombasa yatangaje ko mu minsi mucye iri mbere azatangariza abanyagihugu (Kenyans) icyerekezo cy’igihugu.

Yavuze ko igihe cyose hatari hamenyekana ukuli ku matora y’umukuru w’igihugu y’umwaka ushize wa 2022, ko nta gushidikanya 2027 nta matora ashobora kuba.

Yanenze William Ruto, na minister of defense Aden Duale kuba bakomeje gucamo ibice idini ry’Abayisilamu. Yasabye Duale kutongera gutuka idini ry’igice kimwe atemera.

Kubatabizi idini rya Islam rimeze gucikamo ibice (5); cyera yari amadini (2); abasunite n’abashia.

Ubutegetsi bwa William Ruto bwafashe igiye kimwe cy’abayilamu aba ari cyo ashyira mu butegetsi bwe.

William Ruto ubutegetsi bwe bugeze ahazamuka nyuma yo gukuraho ibigega by’ubukungu by’ingoboka byagobokaga abaturage.

Ikibazo cyo kuba yarakuyeho umushinga wa minisiteri y’urubyiruko (national youth Service NYS).

Ikibazo cy’ubukungu bukomeje kuzamba, amapfa nayo akaba ameze nabi kubera ibura ry’imvura.

Itegeko shinga agace 131 rivugako, umukuru w’igihugu ni cyegera cye, basabwa kuba isooko y’amahoro muri rubanda.

Kutumvikana kwa William Ruto is a ni cyegera cye Rigathi Gashagua, biteje impungege muri rubanda.

Kuba Raila Ruto batavuga rumwe ku matora y’umukuru w’igihugu yabaye umwaka ushize 2022, ni kindi kibazo gikomeye cyiyongera ku bibazo by’ingutu bitari byabonerwa umuti.

Birahwihwiswa ko, Raila Odinga ashobora kuyobora intara yatsinzemo zigera kuri 24,muri 47.

Bivuzeko, Ruto azasigarana intara (counties) 23. Ibyo bilimo kuba mu gihe kenya twishyuzwa ideni ringana na is a triyali 8.7 za mashillngi ya Kenya.

Raila Odinga yavuze ko, umukuru wa Kanama wacyuye igihe Wafula Chibukati akwiye gufungirwa The Hague ICC, kuko yakoze ibyaha bikomeye (criminal offense).

William Ruto na we yavuze ko agiye gushyiraho itsinda rigiye gukora iperereza ku matora y’umukuru w’igihugu. Ntiyatinye gushinja KDF ingabo z’igihugu ko zashatse gushyigikira Uhuru Kenyatta na Raila Odinga kwemeza ko Raila Odinga ari we watsinze amatora y’umukuru w’igihugu.

Ibyo yabivuze agaragaza igihunga cyinshi mu maso, ndetse kivanzemo n’ubwoba bwinshi dushingiye uko yasubizaga umunyamakuru wa TV.

Aha umuntu akibaza niba Ruto azakora iperereza rye na Raila Odinga agakora iperereza rye bikaba amayobera.

Birumvikana ko, igihugu ni gucikamo ibice 2, bizaba ngombwa ko ingabo za KDF ziramira igihugu zikagaragaza ukuli nyako ku watsinze amatora y’umukuru w’igihugu akaba ari we uhabwa ubutegetsi.

Andi makuru tulimo gutohoza, ni ayuko abo bwoko bw’abakikuyu birukanywe muri city council, hagahabwa akazi abaluhya baramu ba Ruto, ni cyegera cye Rigathi Gashagua bari mu mugambi wo kumweguza, byumvikana ko, abashinga mateka na ba senateri bari muri UDA, bashobora gushyigikira Azimio La Umoja ya Raila Odinga kuko Ruto bashyigikiye yabahindutse akima gufata ubutegetsi.

Ubuhanuzi bw’igice cya (201) butari bwashyirwa ahabona, bwemeza ko Raila Odinga ari we mukuru w’igihugu watsinze amatora. Reka tubitege amaso akatari cyera biraza gusobanuka.

NB: icyo gihe “Raila Odinga azaba ari umukuru w’igihugu”. Icyo ni kimwe mu bimenyetso byo kuvaho kw’ingoma y’abega.

Skip to toolbar