Monthly Archives: November 2022

File number ikomeje umulimo wayo mw’isi yabazima

JP TURAYISHIMYE ati uko inkende yurira igiti niko akabuno kayo kajya ahagaragara. Leta ya Kigali ikomeje gufatirwa mucyuho kubera ibinyoma byayo.

FBI Yaba Yaramenye ko uRwanda Ruha Amerika Amakuru y’Ibinyoma

FBI ni ikigo cy'Amerika gishinzwe ubugenzacyaha
FBI ni ikigo cy’Amerika gishinzwe ubugenzacyaha

Leta y’u Rwanda iravugwaho gutanga amakuru y’ibinyoma ku nzego z’ubutasi z’Amerika no ku muryango mpuzamahanga uhuza inzego za polisi z’ibihugu-Interpol mu gukurikirana abatavuga rumwe n’ubutegetsi baba mu mahanga.

Niki cyabaye mw’isi yabazima mukwezi gushize?

Mukwezi gushize kwa cumi, isi yujuje miliyari (8) za batuye isi.

Agati kagarutse ari nta mahwa gafite!

Ubuhanuzi bwo muri ukwakira 2020 bwavuzeko, agati kari gahagaze gafite amahwa kahiritswe n’umuyaga wo mu butayu, ko ka zongera kubyutswa n’umuyaga wo mu butayu ka kongera guhagarara.

Twitter mu butabera bw’Uhoraho

Nyuma y’umwaka social media Twitter ihawe file number, yahise igurishwa umuherwe Elon Musk kuri $44BN

Skip to toolbar