Ukuzaba ntaho kujya!?

Hari umugabo yahoze mu ngabo z’abega, yafashwe na ba JEPE R/G, bamukubita inkoni 600, umugabo umwe witwa Niyibizi yaturutse Uganda, Ngirango ubu ni taxman.

Yahoze akorera aparking hariya kuri hotel Chez Lando. Ashinzwe kuneka abajya cyangwa bava muri hotel. Nuko mu gihe bakubitaga uwo mugenzi wabo Niyibizi ati, na General Gisa Fred Rwigema twaramwishe nkaswe wowe!?

Amaze kumva iryo jambo, abona akabaraga arabicika ariruka bamurasa amasasu abili yarashwe n’umusope w’ikibungo ashaka ipeti ariko agira ibyago ntiyamuhamya amasasu yombi amuca hejuru arabicika.

Nyuma yaho uwo musope bamuhaye ipeti rya cpl. Naho Niyibizi bamuha SGT. Basore mupfa guhubuka ngo murajya mu ngabo z’abega cyangwa za Kayumba Nyamwasa muzahura nuruva gusenya.

Nsanzimana Gilbert akora muri traffic, atuye mu Gatsata yahawe misiyo yo kurasa mugenzi we barangije babyita impanuka. Bicaye balimo kunywa igikoma amwerekezaho imbunda akora muri twiga aramuhitana.

Itegeko rya gisirikare iyo muvuye kuri patrol mu bika imbunda mu bubiko bwayo, ntibyemewe kujya muburiro ni ntwaro urumva ko yari gahunda yapanzwe neza, bamugororeye cpl no kujya guhumba humba za ruswa mu mihanda umuntu ufite primary akaba traffic wandikira abatwaye ibinyabiziga.

Skip to toolbar