Kuki Perezida Kenyatta Yifuza Umushikiranganji wa Mbere Imbere y’Amatora? Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta, icyegera cyiwe William Ruto hamwe n’uwo batavuga rumwe Raila Odinga batangiza umugambi wa Leta wo gushaka icyahuza abanyakenya.
Umurwi washinzwe muri Kenya kugira ngo uhuze abanyeporitike, kuri uyu wa gatatu washyize ahabona ibyahindurwa mw’ibwirizwa shingiro, harimo gushyiraho umwanya w’umushikiranganji wa mbere, kugirango indyane zishingiye kuri poritike zitorerwe umuti, imbere y’amatora yo muri 2022.
Iyo raporo imaze imyaka ibiri irindiriwe yahawe Perezida Uhuru Kenyatta hamwe n’uwo batavuga rumwe, yahavuye aba incuti ye muri poritike, Raila Odinga. Iyi raporo irimo icyafasha abanyakenya kugirango hakomezwe ubumwe mu gihugu no kurinda imvururu za poritike hamwe no kwitandukanya gukunda kwigaragaza inyuma y’amatora.
Umushikiranganji wa mbere ashobora kuzotorwa mu mugambwe wiganje mu nama nshingamateka kandi akazoba afite igikorwa cyo kuba umukuru wa Leta, nkuko iyo raporo ibivuga.
Kenyatta ntiyemerewe kwitoza kuri manda ya gatatu mu 2022, ariko kubona arimo kwihutisha izi mpinduka afatanije na Odinga, byateye amakenga bamwe ko abo banyeporitike baba bariho bashakisha uko bazagabana ubutegetsi inyuma y’amatora.
Kenyatta yahakanye ayo makenga aho yari mu gisagara cya Kisii, mu burengero bwa Kenya, aho yakiririye iyo raporo ari kumwe na Odinga, nawe nyine yavuze ko ibyo bihuha ari poropagande.
Ibi birori byo kuri uyu wa gatatu ntibyatumiwemo icyegera cya perezida, William Ruto, yari yaremerewe kuzaba umukandida mu 2022 inyuma kwiyamamazanya na Kenyatta inshuro zibiri, ariko byabaye ngombwa ko ashyirwa ku ruhande kuva igihe Kenyatta na Odinga bashyize hamwe mu 2018.
Amakuru yatangajwe ni citizen TV, yo mu gihugu cya Kenya, aravuga ko intekoshingamategeko yatorewe umushinga witegeko uvuga uko umukuru w’igihugu ucyuye igihe, uko azajya atanga Read More »
Amakuru agera ku InyangeNewss.com aratangaza ko Leta ya Kenya kwanza administration yemeye gufungura ububiko bw’amakuru yamatora yabaye 2022 post-general election. Biteganijwe ko KK regime batangaza Read More »
The NATO alliance today, however, more closely resembles an international welfare program than a true alliance, with most countries failing to meet their defense commitments and Read More »
“Chinese control of the moon would confer control of Cis-Lunar space, the portion of space between the Earth and the moon. Control of Cis-Lunar space would Read More »
Uhuru Kenyatta agiye gusubira ku butegetsi azamaraho amezi (3) angana n’iminsi (90) kugirango hakorwe amatora y’umukuru w’igihugu nk’uko Ubuhanuzi bwabitegetse ko Kenya izajya mu matora ku Read More »
Amakuru yatangajwe ni citizen TV, yo mu gihugu cya Kenya, aravuga ko intekoshingamategeko yatorewe umushinga witegeko uvuga uko umukuru w’igihugu ucyuye igihe, uko azajya atanga Read More »
Amakuru agera ku InyangeNewss.com aratangaza ko Leta ya Kenya kwanza administration yemeye gufungura ububiko bw’amakuru yamatora yabaye 2022 post-general election. Biteganijwe ko KK regime batangaza Read More »
The NATO alliance today, however, more closely resembles an international welfare program than a true alliance, with most countries failing to meet their defense commitments and Read More »
“Chinese control of the moon would confer control of Cis-Lunar space, the portion of space between the Earth and the moon. Control of Cis-Lunar space would Read More »
Egret TV
L
o
a
d
i
n
g
Rwandan Genocide - The slaughter of 800,000 people