Iyo ubashije kugera kuri ibyo,uba ugaragaje ingufu za politike,ariko iyo usakuza gusa unenga Leta gusa,mu buryo butagaragaza imbaraga,abaturage nta bwo bakuyoboka cyane iyo ufunzwe ugakatirwa wanava muri gereza ugasa naho ingufun zawe zigabanutse icyo gihe amahirwe yawe yo kuyobora igihugu aba abarirwa kumashyi.
Gufungwa amahanga ntagire icyo akora,nikindi kimenyetso yuko politike yawe igarukira mu gihugu gusa,ari nta mbaraga ufite wapfuye kwinjira muri politike ari nta mizi ufite mpunzamahanga.
Abafite umugambi wo kwinjira ishyamba bakwiye kwirinda ubusambo,bushingiye kunda,icyenewabo kugirango bitazagaragara ko ibyo barwanya ari nabyo bakora,nkuko byagenze muri RNC bashimuse BEN Rutabana ukomeje kuba muri gereza na magingo aya mu gihugu cya Uganda.
Inyandiko rigenewe itangaza makuru y’inteko shingamategeko y’Uburayi European Union parliament, ku wa kane yarateranye yemeza umwanzuro w’inama ukubiyemo guhagarika amasezerano yo kugura amabuye ya gaciro yagiranye Read More »
Inyandiko rigenewe itangaza makuru y’inteko shingamategeko y’Uburayi European Union parliament, ku wa kane yarateranye yemeza umwanzuro w’inama ukubiyemo guhagarika amasezerano yo kugura amabuye ya gaciro yagiranye Read More »