Monthly Archives: June 2020

Ingoma y’Abega ishingiye kubwami bw’ikinyoma irwanya abashoramali!!!

Mironko Francois Xavier ni umwe mu banyenganda b’ikubitiro b’Abanyarwanda
      VOA.Mironko - mironko

Mu Rwanda, kuwa Kabiri w’iki cyumweru, radiyo yanyu Ijwi ry’Amerika yatangaje inkuru y’ifungwa ry’umuhungu w’umunyemari Mironko Francois Xavier, umunyarwanda watangije uruganda rwa mbere mu Rwanda. Uwo muhungu we, witwa Mironko Jean Pierre, yafunzwe n’ubushinjacyaha bw’u Rwanda bumurega icyo bwise “kwiba umuriro w’amashanyarazi ukoreshwa mu ruganda”.

Rwanda ranks top in the region in ease of doing business. Yet, our Rwandan entrepreneurs face blatant injustice. They are either harrassed, in exile or dead. Ex: Mirimo, Mironko, Sissi, Rwabukamba, Rwigara, Rujugiro. Why do we make it easy for foreign investors but fail our own?

Mu kiganiro cyihariye yahaye umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika Eric Baguruwubusa, wagiye kumureba, Mironko Francois Xavier yemeza ko umuhungu we azira akagambane kamaze igihe kamugirirwa.

Ubuhanuzi: ibiroli by’Isamariya bizatangira saa sita z’amanywa,mu masaha ya nimunsi,byimukire muri gakondo birare inkera kuzageza mu gitondo!!!

Leta y’ Uburundi iremeje urupfu rwa Perezida Nkurunziza. Ayandi makuru ni mu kanya Burundi Government URGENT: Le Gouvernement de la République du Burundi annonce avec une très grande tristesse le décès inopiné de Son Excellence Pierre Nkurunziza, Président de la République du Burundi, survenu à l’Hôpital du Cinquantenaire de Karusi suite à un arrêt cardiaque ce 8 juin 2020.

File number irigukora umurimo!!!

Kuki u Rwanda Rwirukanye Abadiplomate b’Ababiligi Babiri? Leta y’u Rwanda iherutse kwirukana abadiplomate b’Ububiligi bariri ku mpamvu zitarasobanuka neza. Abo badiplomate bakoraga muri ambasade y’icyo gihugu mu Rwanda, Xavier Foolebouct, wari umujyanama wa mbere na Liyetona Koloneli BEM Cedric Billiet ushinzwe ibikorwa bya gisirikare, bamenyeshejwe n’u Rwanda ko bagomba kuva muri icyo gihugu mu ntangiriro z’ukwezi gushize nkuko byemezwa n’ikinyamakuru Le Soir cyandikirwa mu Bubiligi. Gusa, ntibyahise byubahirizwa kubera ingamba zo gukumira icyorezo cya Covid 19 zatumye ingendo z’indege zidashoboka.

Ububiligi Bwasobanuye uko Bwavanye Abadiplomate Babwo mu Rwanda

Abadiplomate b’Ababirigi bavanywe mu Rwanda

Skip to toolbar