Yearly Archives: 2019

Perezida Trump avuga ko Ubushinwa ‘bwishe ibiganiro’ by’ubucuruzi

Perezida Donald Trump w’Amerika

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yavuze ko Ubushinwa “bwishe ibiganiro” by’ubucuruzi, amagambo yongereye ubushyamirane mbere yuko impande zombi zikorana inama.

Ingaruka zo kutabyara kw’abazungu,zigeze no mu burezi???

 

Mu banyeshuri bashya harimo intama zitwa Shaun, Dolly na Baa-bete
Ishuri ryo mu Bufaransa ryanditse intama nk’abanyeshuri bashya.Nyuma yo kumva ko ishuri ribanza aturanye naryo rigiye gufunga kubera kubura abanyeshuri, umworozi yarijyanyeho intama ze 15 ngo bazandike zijye kwiga.

Ingabo za RDF zitari iz’Abega,zijyanywe ku nkengero z’ubutayu!!!

 

      RDF mu butayu 19

Rwanda: Umwakagara ati,nibera mu muriro utazima,nimubishaka muzaze munsagemo!

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame

Kuri uyu wa Gatatu umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi ruzamara iminsi itatu mu ntara y’amajyaruguru no mu Burengerazuba bw’u Rwanda.

      VOArwanda

 

Abongereza ‘ntibagikora imibonano mpuzabitsina’ nka mbere

Abongereza ngo bagabanyije gukora imibonano mpuzabitsina ugereranyije no mu myaka ishize, nkuko bigaragazwa n’ikusanyabitekerezo rishya ryakozwe muri iki gihugu.

Skip to toolbar