Monthly Archives: May 2019

Amerika Yaronse Amakuru y’Ibitero Irani Irimo gutegura kuri America

ministiri w’ububanyi n’amahanga Mike Pompeo, ministiri w’ingabo w’agateganyo Shanahan
Abategetsi bakuru muri guverinema ya Perezida Donald Trump wa Leta zunze ubumwe z’Amerika barageza kuri bamwe mu bagize inteko ishingamategeko amakuru ku bitero ingabo za Irani zaba ziteganya kugaba mu burasirazuba bwo hagati.

Barabuzwa niki kubyita ubujiji ko abana babo bibereye mu Burayi n’America!

 

Ababyeyi baje muri gahunda y’imbonezamirire ku kigo nderabuzima cya Rubungo mu karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali
Abega nibigoryi ku buryo butangaje,ubujiji namafunguro bihuriyehe,ko bavuye Uganda ar’injiji byababujije gufata igihugu? Muzabeshye abashinwa abatazi ikinyarwanda.Usibye ko muri iyiminsi nabo bakimenye.

Abega bakamye ikimasa!!!

 

      Byatunganye

Mitsindo Fideli ibyo avuga,namatakirangoyi yafatiweho inkota na RPF,ndetse n’umugore we,ntabwo afite ubwinyagamburiro!!!

 

      Mitsindo Fideli

‘Abaminisitiri’ baranenga uwavuze ko François Mitterrand yagize uruhare muri Jenoside mu Rwanda


François Mitterrand wayoboye Ubufaransa (1981- 1995)
Abantu 23 bahoze ari abaminisitiri muri guverinoma z’Ubufaransa banenga umunyapolitiki Raphaël Glucksmann wavuze ko Perezida François Mitterrand yagize uruhare muri Jenoside yo mu Rwanda, aba bavuga ko nta ruhare yayigizemo.
Translate »
Skip to toolbar