ministiri w’ububanyi n’amahanga Mike Pompeo, ministiri w’ingabo w’agateganyo Shanahan
Abategetsi bakuru muri guverinema ya Perezida Donald Trumpwa Leta zunze ubumwe z’Amerika barageza kuri bamwe mu bagize inteko ishingamategeko amakuru ku bitero ingabo za Irani zaba ziteganya kugaba mu burasirazuba bwo hagati.
Abaza gutanga ayo makuru barimo ministiri w’ububanyi n’amahanga Mike Pompeo, ministiri w’ingabo w’agateganyo Shanahan na Jenerali Joseph Dunfordumugaba mukuru w’ingabo.
Ibi bibaye nyuma y’uko bamwe bayobozi b’Amerika bagaragaje urwikekwe ko Irani yaba ariyo yagabye ibitero ku bigega bya peteroli bya Arabiya Sawudite.
Kuwa mbere perezida Trump yumvikanye yihanagiriza Irani ayishinja ubushotoranye. Yavuze ko Irani izahura n’akaga gakomeye k’inguvu z’igisilikali cy’Amerika nibadahagarika ubushotoranyi.
Ministiri w’ububanyi n’amahanga wa Irani Mohammad Javad Zarif yashinje perezida Trump guhembera jenoside amwibutsa ko abanya-Irani badakangwa ko n’abandi babigerageje batigeze babigeraho.
Leta zunze ubumwe z’Amerika ziherutse kohereza ubwato bwazo bw’intambara mu burasirazuba bwo hagati guhangana n’icyo Amerika yise ubushotoranyi bwa Irani ku nyungu z’Amerika no ku nshuti zayo.
Ubwo bwato buzwi nka USS Abraham Lincoln, bwahagurukanye n’ibindi bikoresho bya gisilikari birimo indege z’intambara n’abasarikali barwanira mu mazi bagera ku 6,000.
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of living God of heaven; condemned and release the spirit of death of eternal life Read More »
April 20, 2026 ibiro ntaramakuru byo mu ijuru biratangaza ko Jean Paul Turayishimye imbaraga yarafite z’u bumagigiri zarangiye. Ubuhanuzi bukomeza buvuga ko ngo na we yifuza Read More »
[The US president’s negotiations and ceasefires] are viewed by Tehran, Gaza and Beirut as infidels trying to tell Muslims what to do. For them, such a Read More »
EgretNews yagiye gushaka umuntu ukoresha aya mavuta ya collagen bivugwa ko akuraho iminkanyari, (wrinkles) nyuma yo kubona ikinyamakuru cya BBC cyanditse ko ayo mavuta ya collagen Read More »
April 19, 2026 Uwiteka Imana Nyiringabo avuze ko akeneye abantu batera inkunga umurimo we wo guca imanza zitabera no gutegura itegekonshinga ry’Ubwami bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bugendera Read More »
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of living God of heaven; condemned and release the spirit of death of eternal life Read More »
April 20, 2026 ibiro ntaramakuru byo mu ijuru biratangaza ko Jean Paul Turayishimye imbaraga yarafite z’u bumagigiri zarangiye. Ubuhanuzi bukomeza buvuga ko ngo na we yifuza Read More »
[The US president’s negotiations and ceasefires] are viewed by Tehran, Gaza and Beirut as infidels trying to tell Muslims what to do. For them, such a Read More »
EgretNews yagiye gushaka umuntu ukoresha aya mavuta ya collagen bivugwa ko akuraho iminkanyari, (wrinkles) nyuma yo kubona ikinyamakuru cya BBC cyanditse ko ayo mavuta ya collagen Read More »