Monthly Archives: June 2017

Nk’uko Imana yabivuze,ubukungu bw’Uburayi bumeze nabi,bageze naho batangira kurya ruswa.

Ushinzwe ibibazo by’imbere mu bihugu bigize umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi araburira abantu ko urugero rwa ruswa rumaze kwiyongera muri uwo muryango.

Ashyira ahagaragara icyegeranyo kigamije kurwanya ruswa, Cecilia Malmström yavuze ko icyo kibazo cyangije ikizere cy’inzego za demokarasi, kikanatuma imbuga z’ibikorwa by’ubugizi bwa nabi byiyongera.

Yavuze ko ruswa ituma batakaza miliyaridi 160 z’amadolari y’Amerika buri mwaka – umubare ungana n’ubutunzi bw’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi buri mwaka.

Yongeho kandi ko inzego z’ubwubatsi n’izitanga service ku baturage arizo zasinzikaye cyane.

Ninde wajya gushuka Umwami ahab agatera igeriadi imoriadi.

Kuwa 15 kamena 2014,njyanwa mu iyerekwa,mbona umuntu ntabashije kubona isura ye ngo mumenye neza,uwo mugabo yarahagaze muburasira-zuba bw’imisozi yigikundiro,mbona aritegeye maze arekura umwambi w’ingobe,uwo mwambi utamabagira ikirere cy’Urwagasabo ushakisha umwakagara aho aherereye,iryop yerekwa ryaje ahagana mu masaa mbiri na mirongo ine nitanu 8:45 z’ijoro.


Ubwo umwambi kugera mukirere warahatinze cyane urimo gushakisha icyerekezo cyaho umwakagara ahagaze,maze nerekwa ko,umwakagara aherereye IKUSI,mu majyepf y’uburasira-zuba,mbona umwambi urakomeje utambagiye ikirere ukomeza gushakisha aho wamukuru ariko usa naho utarafatisha ikirere cyaho ahagaze.

N’uko mbona Umwuka w’Uwiteka asohotse mu muryango w’ijuru,aramanutse aragenda ajya imbere yuwo mwambi,umwambi nawo ukurikira Mwuka wera maze baragenda mbona Umwuka wera yeretse wa mwambi aho Umwakagara Paul Kagame ahagaze,maze wa mwambi umuturuka murubavu rw’ibumoso umuhinguranya mucyiciro uhinguka murundi rubavu umwakagara asezera ku isi yabazima.

Igihe niki kandi kirageze ubanza nyakanga iza kumwanga ibintu ntibikiri byabindi,kuko kuwa 05 nyakanga niho Habyara yafashe ubutegetsi 1973,akuyeho Kayibanda.

Kuwa 04 Nyakanga 1994 niho umwakagara yafashe umujyi wa Kigali maze kuwa 19 Nyakanga 1994 ashinga leta ubutegetsi buba bugiye gutyo,nyakanga rero muburyo bw’Ubuhanuzi n’umubare wokuzura k’ubumana bisonuye ko,ahari iby’Imana yavuze bishobora gusohora mur’uku kwezi kuturi imbere.

Nyakanga niho Umwami Mutara wa lll Rudahigwa yatanze kuwa 24 muri 1959,nyakanga rero yabanyarwanda ni ukuyitodera igihugu cy’Urwanda gikozwe muburyo bw’ubuhanuzi niyompamvu abanyarwanda benshi birwa bigora bashakishiriza ahandi nkabandi bose bikabananira.

Musabwe kwitonda kuko ishyamba Atari ryeru,cyakora Uwiteka yite kubacu nibyacu kugirano nyuma y’ibi bihe tuzabashe guhagaragara tumuvuga tumukorera Uwiteka abane namwe kandi abagirire neza.

Amen.

Nimuhaguruke murwanire ingoma Kega,byaba ataribyo amashuri mwiga nayubusa’Kaga Paul’.

Amakuru aturuka muri repubulika y’urwanda,mu nzego zikorana byahafi na perezida Paul Kaga,aravuga ko,abanyeshuri biga mu mahanga bingajemo cyane cyane abakobwa bab’Akagara,umuryango wabega ufite amazu (6);ubariyemo nabega babahutu bitwa abaswere bahoze bahatse kubega babakagara.


Aya makuru avuga yuko abagera kuri 80% bagize abo banyeshuri arabega bahorejwe kwiga kugirango bazaramire ingoma yabega,abandi barimo n’inshuti z’imiryango yabega bemeye gucinya inkoro hasi kugirango babone amaramoko.

Amakuru atugeraho yemeza neza yuko abo banyeshuri bose bahawe inshingano zo kuneka abanyarwanda b’impunzi baba mumahanga,babifashijwemo n’inzego z’ubutasi z’uRwanda zikorera mu mahanga zizwi ku izina rya (NSS);ibyo bikorwa bikorwa binyujujwe muri za ambasade z’urwanda aho ziri ku isi hose.

Nkuko abakorera muri izo nzego za Paul dore ko byemejwe n’inama yabaminisitiri ko Paul Kaga ,ariwe ukuriye ibikorwa byose by’ubutasi,nubusanzwe niwe wabikontororaga cyakora byari bitaremezwa n’inama yabaminisitiri ikorera murugwiro.

Aba banyeshuri bahawe inshingano zitoroshye dushingiye ku makuru duhabwa nabari muriyo nama yokwiga imikorere yabanyeshuri mumahanga aho bagiye guhaha ubumenyi,babwiwe ko bagomba kuroga umuntu uwari we wese cyakora sibose bahawe izo nshingano kuko harimo abatakwizerwa kugeza aho bahabwa inshingano nk’izo.

Cyane amakuru aribanda kubega babakagara kuko aribo banyiri ngoma,dore ko,bagaragarijwe ko,niba badashyigikiye ingoma yabega,nibarangiza kwiga nta kazi bazabona,kandi nabo bashobora kuzakurikiranwa n’ubutegetsi buzaba busimbuye fpr,kuko ibikorwa byose leta y’uRwanda ikora ngo byaba bizwi nabatavuga rumwe nayo.

Umukuru w’igihugu yashimangiye muri aya magambo ko,ndetse nabo akorana nabo atakibizera ngo kuko bamwe muribo aribo bakomeje gutanga amakuru ya Manama bakora ejo ukayasanga hanze kandi abatavuga rumwe na leta ye,baba batari muri iyo nama.

Yabasabye ko,biga neza,aha ndavuga igice kimwe cy’abega bakoreshejwe inama mu muhezo aho bahamagawe bashingiye kumanota babonye mu ishuri biravugwa ko,abo bajyanywe mu nama yabo ukwabo hanyuma Paul Kaga aza kongera kubakoresha inama rusange hamwe nabandi.

Ibyo bikaba ar’ibintu byumvikana ko,ababonye amanita meza bagomba kubishimirwa gusa igiteye impungenge ni uko bahawe izo nshingano zo kwirenza bene wabo,bamenyeshejwe ko nta nshuti ibaho muri politike ngo umuntu wese ashobora kuba umwanzi bijyanye n’inyungu akurikiranye.

Umukuru w’igihugu yabibukije ko,abazungu batabakunda,’Abatutsi’rero ko basabwe kutajya bumva amabwire namagambo ayavuga ibyo bishakiye bashaka kurwanya iterambere uRwanda rumaze kugeraho.Dore turashaje nimwebwe tugiye gusigira igihugu bityo rero mukwiye guhangana nabanzi b’igihugu cyanyu kugirango ejo tuzagire ahazaza heza.

Ibi byose mugezeho byatewe nabanyarwanda bitanze’Abega’kugirango uyu munsi mube muri kwiga mu mahanga.Ntakuryama,ntagusinzira,ntaguttsindwa mu ishuri kuko ubwo bumenyi aribwo igihugu gikeneye ‹Kaga Paul› akaba arinayo mpamvu igihugu kibatangaho akayabo kamafaranga atagira ingano kugirango mujye guhaha ibizateza igihugu imbere.

inyangenewseditor@gmail.com

Nigeria’s Muslim Government Targeting Christians; A Pass to Boko Haram by Con Coughlin

  • President Muhammadu Buhari, a former military dictator, rather than concentrating his efforts on Boko Haram, has instead mounted a campaign of intimidation against his Christian opponents in the south of the country.50,000 children are facing death by starvation, according to Western aid officials. In May, the Nigerian military killed at least 15 people at a peaceful Biafran protest.

  • “Mr Buhari is diverting vital resources away from the campaign to pursue his own political agenda,” explained a senior Western official. “The Nigerian government, which is receiving significant amounts of foreign aid, needs to understand that its main priority is to deal with Boko Haram, and also to make sure that Nigeria does not suffer the worst humanitarian disaster in its history.”

The failure of Nigeria’s Muslim President Muhammadu Buhari to tackle the Islamist fanatics of Boko Haram has resulted in an estimated 50,000 children facing death by starvation, according to Western aid officials.

A total of 500,000 people have been made homeless during Nigeria’s bitter seven-year conflict with Boko Haram, and aid workers now fear the vast majority of them are in urgent need of food, shelter and medical care.

But hopes that Mr Buhari would intensify the military effort to destroy Boko Haram, an Islamist group with close links to the Islamic State in Iraq and the Syria (ISIS), are fading, following the Nigerian leader’s decision to promote his Muslim allies to key government appointments at the expense of his Christian political opponents.

Last month Stratfor, which provides business with geopolitical analysis, reported there was growing frustration in northern Nigeria over the blatant favouritism the president is displaying towards his Muslim allies.

According to Stratfor, 77 of the 122 appointments Mr Buhari has made since his accession to power in May last year have gone to northerners, increasing ethnic tensions with the predominantly Christian south of the country.

Western officials say Mr Buhari’s obsession with settling scores with his political opponents has had a negative impact on Nigeria’s military campaign against Boko Haram, and left the government unable to cope with the mounting humanitarian disaster in the north of the country.

The French charity Doctors Without Borders is now warning that a total of 244,000 children have been left homeless and hungry as a result of the fighting, and that one in five of them will die in the coming weeks unless urgent aid is provided. A spokesman for the children’s charity, Unicef, commented: “Some 134 children on average will die every day from causes linked to acute malnutrition.”

Aid officials believe that much of the blame for this disastrous state of affairs lies with the government of Mr Buhari, a former military dictator, who, rather than concentrating his efforts on Boko Haram, has instead mounted a campaign of intimidation against his Christian opponents in the south of the country.

Nigerian President Muhammadu Buhari, rather than concentrating his efforts on Boko Haram, has instead mounted a campaign of intimidation against his Christian opponents in the south of the country. Pictured above, Buhari (left) meets with Iran’s Supreme Leader, Ayatollah Ali Khamenei on November 23, 2015, in Iran. (Image source: khamenei.ir)

A senior Nigerian security officer recently confided to Western diplomats that so many of Mr Buhari’s political opponents had been rounded up that Nigeria’s prison system could no longer cope.

And Mr Buhari’s decision to target supporters of the country’s former Christian president, Goodluck Jonathan, in the south of the country, recently prompted criticism from British Foreign Secretary Philip Hammond, who said, “It’s obviously a major concern.”

Mr Buhari’s tactics have also succeeded in reviving tensions with Nigeria’s Biafran community in the south of the country, who were involved in a brutal civil war for independence in the 1960s.

In May, the Nigerian military killed at least 15 people at a peaceful Biafran protest.

“One of the reasons we have this humanitarian crisis in northern Nigeria is that Mr Buhari is diverting vital resources away from the campaign to pursue his own political agenda,” explained a senior Western official. “The Nigerian government, which is receiving significant amounts of foreign aid, needs to understand that its main priority is to deal with Boko Haram, and also to make sure that Nigeria does not suffer the worst humanitarian disaster in its history.”

Mr Coughlin is Defence and Foreign Affairs Editor of London’s Daily Telegraph.

© 2016 Gatestone Institute. All rights reserved. The articles printed here do not necessarily reflect the views of the Editors or of Gatestone Institute. No part of the Gatestone website or any of its contents may be reproduced, copied or modified, without the prior written consent of Gatestone Institute.

Niba akunda abana,nahindure itegeko rikuramo inda!.

Kuruyu wa mbere mu nteko nshinga mategeko y’uRwanda,mu murwa mukuru wa Kigali,habaye umuhango wo kurahiza abagize inama y’Abaministiri aho uwo muhango wayobowe n’umukuru w’igihugu Mr.Paul kagame akaba anahagarariye ibikorwa by’iterabwoba mukarere k’ibiyaga bigari.


Umukuru w’iguhugu yumvikanye ashishikariza abanyarwanda hamwe n’ikipe nshya agiye gukorana nayo,ayisaba ko bakwiye gufatikaniliza hamwe kubunga bunga ubuzima bw’abanyarwanda kubera impanuka zo mu muhanda zikomeje kubamaraho abanyarwanda!.

Ikibazo nyamukuru abanyarwanda bakomeje kwibaza,mbese abanyarwanda bamaze kwicwa n’ubutegetsi bwa fpr na kagame,bo,nabanyamahanga?cyangwa umunyarwanda wishwe n’impanuka niwe uba apfuye naho abandi baba basinziliye?.

Col.Karegeya Patrick nta bwo yarumunyarwanda?politiki y’ikinyoma izageza ryari?biragaragara  ko,umukuru w’igihugu ageza aho abura icyo abwira abanyarwanda kubera guhemuka bikabije,’but the time will tell’ ibi yabivugiye mu nteko mu gihe abanyarwanda bakomeje kuburirwa irengero abandi bicwa amanywa n’ijoro.

Leta imaze kubona yuko bikabije nibwo yashyize igihuha hanze ko,abaturage bagera kubihumbi 30.000 bamaze kwimuka berekera mutundi duce twigihugu,nyamara ntibishoboka ko,abantu bakwimuka batavuye mu gihugu ngo bitangazwe ari nta kibazo cy’inzara mu gihugu cyangwa umutekano mucye urangwa aho abo baturage baba batuye.

Muri uyu muhango wari uyobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasabye abayobozi bose kurwanya ikibazo cy’icuruzwa ry’abana cyane b’abakobwa aho yavuze ko ibi bikwiye gucika.

Perezida Kagame akaba yasabye abanyarwanda bose muri rusange kurwanya ibi bikorwa by’icuruzwa ry’abana.

Yongeye kugaruka kandi ku kibazo cy’impanuka zikomeje guhitana abantu aho yavuze ko hakwiye kurwanywa ibikorwa by’impanuka zikomeje guhitana abantu.

Aha Perezida Kagame yagize ati:” Dukwiye kubitekerezaho yaba abashinzwe kubahiriza amategeko kimwe n’abashinzwe kuyashyira mu bikorwa. Ubuzima bw’umuntu umwe bufite agaciro kanini cyane, iyo babaye mirongo biba bikabije, dukwiye kubihagarika.”

Umukuru w’igihugu niba afitiye impuhwe abana bato,ngaho nahindure itegeko yemeje mu nteko mu mwaka wa 2012 kuwa 17th gicurasi riha uburenganzira abategarugori ndetse nabakobwa gukuramo inda baba badashaka kubyara.Byaba Atari ibyo,ibyo avuga byaba ar’ukwirebera mu ndererwamo kandi ari nikinyoma cyambaye ubusa.

Mbese abavutse nibo bafite uburenganzira gusa?nta tegeko rirengera abana bakiri mu nda zababyeyi babo,ikindi ni uko impamanuka nyinshi zikorwa umukuru w’iguhugu abifitemo uruhare,igihe cyose yemeye kwinjira mu idini rya satani akemera kubyarwa muri batisimu na pastor Rick WARREN ntibazabura gutanga ibitambo by’Abanyarwanda babatangaho ibitambo binyuze mu mpanuka.

Agerageze kubeshya abashinwa naho abanyarwanda basobanukiwe neza byimazeyo ko,umukuru ariwe watanzeho abanyarwanda ibitambo ndetse nabacongomani kugirango akomeze kuramba kubutegetsi.

Tumwibutse yuko na mugenzi we Mobutu SSeseko Wazabanga satani yari yaramubwiye ko atazigera ava kubutegetsi,ariko igitangaje yakuweho na perezida Paul Kagame umaze guhinduka satani musa,abakeneyekureba satani ntibazigere bajya ikuzimu,bazafate ifoto y’umukuru w’igihugu cy’Urwanda ayirebe uko niko satani asa!.

Translate »
Skip to toolbar