Umwakagara yaba agiye gusiga amateka yokwagura Urwagasabo!.

Itangazo ry’Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri ya 9 Kamena 2014 Yanditswe kuya 10-06-2014 Saa 06:06′ na IGIHE None kuwa mbere, tariki ya 9 Kamena 2014, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. 1.Inama y’Abaminisitiri yemeje Imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yo ku itariki ya 14/5/2014, imaze kuyikorera ubugororangingo. 2.Inama y’Abaminisitiri yemejeigishushanyo-mbonera cy’imishinga iteza imbere ubukerarugendo ku nkengero z’Ikiyaga cya Kivu. 3. Inama y’Abaminisitiri yemeje ingamba zorohereza abikorezi b’abanyarwanda gupigana mu rwego rw’ubwikorezi mpuzamahanga ku nzira z’ubutaka.


Amakuru aturuka mu murwa mukuru w’Iyerusalemu “Urwagasabo”aravuga yuko kuwa mbere Umwami wicyo gihugu Ahabu alias Kagame Paul,ko,yakoresheje inama yabaministiri akabwira abagize inama yabaministiri nyuma yogukora ubugorora ngingo,ko,Urwanda rwiyemeje kurwana intambara n’igihugu cya Tanzania.

Amakuru avuga ko,ngo yagiye kurangiza kuvuga ayo makuru y’intambara abaministiri bagera kuri (7);bose bamaze kuva mu bwiherero kubera ubwoba bw’ibyo bari bamaze kumva bijyanye n’intambara,ndetse amakuru avuga ko,ngo umwe mubaministiri ngo yavuze ko,Tanzania Atari Congo,bisobanuye ngo intambara ya Congo ntacyo yigeze ibabwira. Uyu mu ministiri watanze aya makuru utarashatse ko,amazina ye ashyirwa ahagaragara,yavuze ko,ngo bose bahise bagira ubwoba ariko kandi bakongera bakagira ubwoba bw’ubabwira ibigiye kuba kugihugu cyabo,ndetse ngo hari nuwavuze ko ngo noneho yemeye indagu za Nyirabiyoro na Magayane.

Umwakagara yabamenyesheje ko,iyi ntambara Atari we wenyine uzayirwana ngo usibye ko,nyine Urwanda rirwo ruri imbere muriyi ntambara,yababwiye ko Uganda na Kenya nabobamufashe mu mugongo nkuko basinyanye amasezerano yogutabarana cyane ko,Uganda n’Urwanda rubifitemo inyungu zo mukarere Tanzania ishaka kubabuza dore ko,yo iherereye kucyambu hamwe na Kenya.

Ubuhanuzi buvuga yuko Urwanda ruzarwana na Tanzania rukazafata intara zigera kuri (3);ndetse mu itangira ry’intambara,Urwanda ruzakubita Tanzania kunshoro ya (4);rukazasubizwa inyuma n’Uwiteka Imana ibyo bikaba biri mubihano Imana ishaka guhana igihugu cya Tanzania,hanyuma Tanzania ikazazana umuvuduko udasanzwe aho Urwanda ruzahinduka ubushingwe!

Ubuhanuzi buvuga ko,abatavuga rumwe n’Urwanda nabo bazaba bari inyuma ya Tanzania,tekereza rero iyo kagame aza kuba adafite abamurwanya mbese abanyarwanda bose bishyize hamwe,byaramahire agace ku Rwanda kari kuzahita kagarurwa ako kanya tugatangira kukagenzura,usibye ko nyine iby’Uwiteka yavuze bizabura gusohora gusa ni uko usanga iby’Ubuhanuzi bibuzabuza ntushobora kumenya uko bizajyenda n’ukubona bibaye.

Umwagara yaigenje ubanza noneho agiye gusiga amateka yokwagura urwagasabo kugirango Umwami w’Urwanda azayobore igihugu cyagutse nkuko Uwiteka yabivuze!,amakuru arangiza avuga yuko ngo abaminisitiri babuze ayo kunywa no gucira ndetse barimo bashakisha uburyo bahngisha imiryangoyabo ariko bagatinya ko umwakagara yazabagwa nabi kandi abe bibereye Iwashington.

Ushobora gutanga ibitekerezo byawe kuri comments page nyuma yoku registeringa hanyuma urabona message muri e-mail yawe ukore activation ubone gutanga ibitekerezo byawe.

Skip to toolbar