Umwakagara yashimuse inyangeNewss.com kubera gutinya amakuru dutangaza!

Ikinyamakuru inyangeNews nyuma yogutangaza amakuru ajyanye nihohoterwa LT.BEN Rutabana yakorewe niza magigiri z’umwakagara zahisemo gukora bubandi kumugabane w’Uburayi mu gihugu cy’Ububiligi akaba yarahagarariye urubyiruko muri Rwanda National Congress RNC umutwe utavuga rumwe na leta y’umwakagara.


 

Leta y’umwakagara yahise ikora ibishoboka byose yongera gushimuta ikinyamakuru inyangeNewss.com ibyo na byo bibaye nyuma yuko Nyiramongi arikumwe na wa mushumba wihene Jackson Nkurunziza abanyarwanda bemeza yuko kumwita umushumba w’Ihene yaba ahawe icyubahiro ko ahubwo akwiye kuba umushumba w’ingurube kuko arizo aberanye nazo kubera ibitutsi bye bijyanye nuwo mwanya we.

Tumaze igihe kirekire duhanganye bidasubirwaho na leta ya gatsiko kishyize kubutegetsi kakaba gakomeje gutegekesha abanyarwanda igitugu (Inkoni y’icyuma)”Nyirabiyoro” ndetse kubera igitugu cyabo,ndetse bamaze igihe badusaba ko twakwemera intorona y’inzu iri mu murwa mukuru wa Nairobi mu gihugu cya Kenya ngo byaba bitabaye uko babyifuza bagahitamo kuduca ibihanga cyangwa bagashimuta ikinyamakuru maze bakatuburizamo ariko bibagiwe ishuri twagiyemo tutagiye kwiga gutegekesha igitugu.

Kubera umwami wumunyamwaga utegeka uRwanda, rukaba rumaze kwikura mu nteko nyafurika yashinze urukiko rurengera ikiremwa muntu kumugabane w’Africa umugabane umaze imyaka utubahiriza uburenganzira bwa muntu

Igitugu cy’ubwami  bw’Abega kikaba cyemeza yuko leta yabo ikoresha igitugu ku buryo bugaragara bikaba bitaramenyekana niba umwakagara yaba azajya mu nama yo kurengera uburenganzira bw’ikiremwa muntu izabera mu gihugu cya SUISSE bikaba bitaramenyekana niba bazitabira iyo nama

Kugeza magingo ay anta cyo baratangaza kuri iyo nama itegerejwe mu minsi iri mbere,gusa bikaba bigaragara yuko batazajya mur’iyo nama kuko batabona icyo bavuga ikindi bagenda se bitwa bande kandi bamaze kwemeza ko leta bayoboye idashyigikiye ko abaturage bayo bishyira bakizana aho bafite uburenganzira bwo kuyirega murukiko nyafurika bashyize ho umukono kumasezerano none bakaba bikuye muri ayo masezerano

Ahangaha INgabire akaba atsinze igitego kimwe umwakagara kubusa kuko isi yose imaze kubona ikinyoma cy’umwakagara akoresha abeshya amahanga yuko yubahiriza uburenganzira bwikiremwa muntu nyamara abyemera kumunwa byagera kubishyira mubikorwa akabihana

Kuba Ingabire atumye bava mu bihugu bigize urwo rukiko nikimenyetso simusiga ko leta igeze mu marembera kuko idashobora kwihanganira kuburana numuturage wayireze ikaba igaragaje ko bafite ubwoba bw’uko yazabatsinda bityo bakazahangana nawe mu matora ya 2017 aho bazaba badashobora kongera kumufunga cyangwa ngo bamwibe amajwi.

Skip to toolbar