Umunyasudanikazi w’imyaka 27 yakatiwe igihano cy’urupfu kubera icyaha cyo kurongorwa n’umugabo w’umukirisitu.

Umunyasudanikazi w’imyaka 27 yakatiwe igihano cy’urupfu kubera icyaha cyo kurongorwa n’umugabo w’umukirisitu.


Yanakatiwe gukubitwa inkoni 100 kubera icyaha cyo gusambana yakoze kuko urukiko rutemera ko yasezeranye mu buryo bweme n’amategeko.

Umuryango uharanira uburenganzira bwa kiremwa muntu, Amnesty International, uravuga Dr Maryam Yahya Ibrahim, ufite inda y’amezi 8, yarezwe nk’umukirisitu.

Ariko ubutegetsi bumufata nku muyisilamu, kubera ko iryo ryari idini rya se, ariko utarigeze agaragara mu bwana bwe.

Abagore ba bayisilamu ntibemerewe gushakana n’abagabo batari abayisilamu, amasezerano nk’ayo ntiyemewe n’amategek.

Skip to toolbar