Pastor TB.Joshua umuhanuzi w’ibinyoma.

(a)Njyanwa mu iyerekwa,Malaika arambwira ati dore hari umupastor w’igize umuhanuzi ku ngufu nyamara n’umuhanuzi w’ibinyoma uwo mu pastor yitwa TB.Joshua uwo mu pastor akunda icyubahiro cyane kuruta abaperezida bo ku isi.Nyamara amaze kuyobya abantu benshi abaha ubuhanuzi bw’ibinyoma ariko ngiye kumushyira ahagaragara.


(a)Njyanwa mu iyerekwa,Malaika arambwira ati dore hari umupastor w’igize umuhanuzi ku ngufu nyamara n’umuhanuzi w’ibinyoma uwo mu pastor yitwa TB.Joshua uwo mu pastor akunda icyubahiro cyane kuruta abaperezida bo ku isi.Nyamara amaze kuyobya abantu benshi abaha ubuhanuzi bw’ibinyoma ariko ngiye kumushyira ahagaragara.

(b) Dore hari n’umunyarwanda-kazi uhanurira abantu kurubuga rwa facebook,umubwira amazina yawe agahita akubwira ibyawe byose nyamara nta kibazo nakimwe acyemura nawe ayoboeje abantu benshi cyane bamukurikira kuri urwo rubuga kuko akoresha imbaraga z’umwijima.Bwira ubwoko bwanjye bwirinde kuko ibihe ari bibi uko niko Uwiteka avuze.

© Njyanwa mu mwuka nerekwa umwakagara yakuwe ku ngoma,maze mbona amashyaka yitwa ko,atavuga rumwe n’ubutegetsi atahutse mu gihugu,ariko nta byangombwa yarafite byayo mashyaka ndetse n’imbanziriza mushinga (project Proposal) ntazo bari bafite bahura nikibazo gikomeye cyo kwemerwa n’ubutegetsi busimbuye umwakagara.

Skip to toolbar