Ibaruwa irimo uburozi bwa ‘ricin’ yari igiye guhabwa Trump muri White House
Abategetsi bavuze ko inzego z’umutekano zatahuye iyo baruwa mbere yuko imugeraho mu biro bye bya White House
Ubutumwa burimo uburozi bwa ‘ricin’ bwari bwohererejwe Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika bwafashwe mbere yuko bugera mu biro bye bya White House, nkuko abategetsi babibwiye ibitangazamakuru byo muri icyo gihugu.
Bwana Rusesabagina avuga ko yashutswe n’abategetsi b’u Rwanda kugira ngo asubire mu gihugu mu kwezi gushize!!!
Umugabo wamenyekanye nk’intwari ya filimi Hotel Rwanda”, Paul Rusesabagina ubu uri muri kasho y’igipolisi I Kigali, yagiraniye ikiganiro n’ikinyamakuru “The New York Times” cyandikirwa muri Amerika. Mu nkuru cyasohoye ku musi wa kane, Rusesabagina yasobanuriye umunyamakuru wacyo ko yaguye mu mutego akisanga mu Rwanda.
USA government and Rwanda government sign agreement
TREATIES AND OTHER INTERNATIONAL ACTS SERIES 20-528 DEFENSE Status of Forces Agreement Between the UNITED STATES OF AMERICA and RWANDA Signed at Kigali May 28, 2020 Entered into force May 28, 2020
NOTE BY THE DEPARTMENT OF STATE Pursuant to Public Law 89—497, approved July 8, 1966 (80 Stat. 271; 1 U.S.C. 113)—

















