Category Archives: Inte’l
M.-Dianerwigara
Rwanda: Barinubira izamuka ry’ibiciro by’ibiribwa Ku wa gatanu ku itariki ya 16 y’uku kwezi kwa cumi, isi yizihije umunsi mpuzamahanga w’ibiribwa, mu Rwanda haravugwa ibiciro biri hejuru by’ibiribwa hirya no hino mu masoko y’igihugu.
Nyuma y’igihe kirekire abatavuga rumwe n’ingoma y’abega (FPR) basaba gushyikirana n’Umwakagara,ariko yakomeje kuvunira ibiti mu matwi.Ndetse agaragariza amahanga yuko abatavuga rumwe nawe nta gaciro bafite imbere ye ndetse n’imbere y’abanyarwanda.
(Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 25 Nzeri 2020) yabaye idafite uyiyoboye?Cyangwa ni uburyo bwo gusuzugura abanyarwanda hamwe nitegekoshinga rya republika itemewe namategeko.Birababaje cyane ku bona ministiri ufite munshingano ze kuyobora inama za government mu gihe umukuru w’igihugu yaba adahari,cyangwa ari mu bitaro arwaye nkuko biri uyumunsi.Ariko abega murwego rwo gusuzugura abanyarwanda banga kuvuga uwayobowe inama yabaministiri mu rwego rwo kujijisha uwasimbuye Umwakagara muri iki gihe.Ibi bigaragaza neza ko batazubahiriza itegekoshinga bihitiyemo abaturage batabigizemo uruhare,birashoboka ko Ange Kagame ariwe uyobora inama z’abaministiri akaba ariyo mpamvu banga gutangaza uwayoboye inama mu gihe Umwakagara amakuru avuga ko arwaliye muri America ahitwa TEXAS.Hagati aho Ambasaderi Mugambage Frank wari uhagarariye uRwanda muri Uganda yasimbujwe,bamujyana muri gereza ubu niho abarizwa.
Umwuka w’ikinyoma wa republika itemewe n’amategeko mu Rwanda,ivuga ko,hari amoko (3);ariko mu bushakashatsi bw’ikinyamakuru inyangenewss.com bugaragaza ko mu Rwanda hari amoko (8);aho atatu,ndetse ubwoko bw’abatwa babwambuye identity aho batakibiti abatwa,ahubwo bitwa abasigajwe inyuma namateka.
Translate »