Abega bakomeje guhindura igihugu akarima kabo!

(Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 25 Nzeri 2020) yabaye idafite uyiyoboye?Cyangwa ni uburyo bwo gusuzugura abanyarwanda hamwe nitegekoshinga rya republika itemewe namategeko.Birababaje cyane ku bona ministiri ufite munshingano ze kuyobora inama za government mu gihe umukuru w’igihugu yaba adahari,cyangwa ari mu bitaro arwaye nkuko biri uyumunsi.Ariko abega murwego rwo gusuzugura abanyarwanda banga kuvuga uwayobowe inama yabaministiri mu rwego rwo kujijisha uwasimbuye Umwakagara muri iki gihe.Ibi bigaragaza neza ko batazubahiriza itegekoshinga bihitiyemo abaturage batabigizemo uruhare,birashoboka ko Ange Kagame ariwe uyobora inama z’abaministiri akaba ariyo mpamvu banga gutangaza uwayoboye inama mu gihe Umwakagara amakuru avuga ko arwaliye muri America ahitwa TEXAS.Hagati aho Ambasaderi Mugambage Frank wari uhagarariye uRwanda muri Uganda yasimbujwe,bamujyana muri gereza ubu niho abarizwa.

Ku wa Gatanu tariki ya 25 Nzeri 2020, Inama y’Abaminisitiri yarateranye ifatirwamo imyanzuro itandukanye irimo nko gusubukura ingendo zihuza Intara n’Umujyi wa Kigali, gukuraho ikiguzi cy’abasabwaga kwipimisha COVID-19 mbere yo guhurira nko mu birori (ubukwe n’ibindi), kwemerera abanyonzi gusubira mu muhanda n’isaha yo kuba umuntu yageze mu rugo yashyizwe saa yine z’ijoro.

Itangazo ry’Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 25 Nzeri 2020 uko byakabaye byose:

      

Skip to toolbar