Baruhiye ubusa nk’ umusambanyi wa condom (CD)

Ejo taliki ya 24 ukuboza 2022 twatangaje inkuru y’imiyoborere mibi ya William Ruto umukuru w’igihugu cya Kenya watangajwe mu buryo bunyuranye n’itegeko shinga rya Kenya.

Mu gihe twari tumaze gutangaza iyo nkuru kuri egretnews.com nta bwo yakundiye abasomyi gufunguka kuko bahise bafunga inkuru zose zanditse ku kunanirwa gutegeka igihugu kwa William Ruto kugirango abasomyi batamenya amakuru yo muri Kenya.

Ibyo babikora bari bagambiliye kureba ko turi burwane no gushakisha uko yaba published ikagera kubasomyi bityo bikorohera abega kugera k’Umwami Kigeli Ndoli bitabagoye.

Bakimara kubona Raila Odinga asohoye icyegerenyo cy’iminsi đź’Ż y’ubutegetsi bwa William Ruto aho yamuhaye 10%, ndetse akavuga ko igihugu ari nta cyerekezo gifite.

Abega byihuse mu ma sasita zijoro bakoranye n’inzego z’umutekano za William Ruto, aho bahise bashyira www.egretnews.com kurutonde rw’ibinyamakuru bigomba kuba blocks kugirango nidutangaza iyo nkuru ntizabashe gusomwa!!?

Twaje kumenya ko inkuru ifunguka ari nta kintu kilimo (empty) biba ngombwa yuko tuyishyira kuri www.inyangeNewss.com

Ibyari byo byose ubanza bataramfashije kwishyura school fee’s, kandi nibwira ko tutiganye ibyo bakabaye babizi kundusha.

Ku wa gatandatu (6) Raila Odinga yatangaje ubwo yari Western aho yifurizaga umwaka mwiza abaturage. Yabwiye abaturage ba Western yuko nyuma y’iminsi mikuru ariho azaha igihugu icyerekezo abanyaKenya.

Ubwoba ni bwose William Ruto yasabye abanyaKenya ko bamuha umwaka umwe ngo abakorere ibyo yari yabemereye mu minsi đź’Ż ageze ku butegetsi.

Amakuru dufite mu buhanuzi avugako ubutegetsi bwa William Ruto bugiye kumera nk’ubwo muri Sir Lanka aho abaturage birukanye umukuru w’igihugu agahungira muri Amerika.

Byashoboka ko cyane yuko William Ruto nawe ashobora gukurwa ku butegetsi nyuma yo kunanirwa gukorera abanyaKenya. Itegeko shinga riteganya yuko umukuru w’igihugu iyo ananiwe gukorera abaturage, ashobora gukurwaho ku butegetsi binyuze mu nteko nshinga mategeko, cyangwa abaturage ubwabo bakaba bahitamo kumwikuriraho mu gihe intumwa za rubanda, zaba zinaniwe kumweguza!!!

Umwaka utaha William Ruto Ushobora kutazamuhira. Ubuhanuzi dufite mu bice (34) by’ubuhanuzi bitari byandikwa, buvugako Raila Odinga agiye gukuraho William Ruto akima ingoma.

Abega birirwa batwara utugambo kwa William Ruto bibwira ko bizabafasha kunta muri yombi, ariko nyamara ibuye rimeneka urwondo rugisukuma.

Abega n’ibicu by’Ibabylon bitagira amazi. Kama ni hivyo Basi “MTANGOJA SANA.”

Skip to toolbar