Daily Archives: June 9, 2024

The West Keeps Rewarding the Terrorist Group Hamas

Spain, Ireland and Norway recently formally recognized Palestinian statehood…. It is unprecedented in world history for a terrorist group to attack another country, murder its people and take hostages, only to then be rewarded with a recognition of statehood – cordially facilitating its future actions, including against countries in Europe.

Raila Odinga: Yari Soul none yabonye urumuli yahindutse Paul

Aya namwe mu magambo Raila Odinga yakoresheje ku wa kane taliki ya 6 June, 2024 akomeje guteza urujijo aho yemeje yuko azakorana na deputy president Rigathi Gachagua aho icyegera cya RUTO bakomeje kudacana uwaka umwe aho anyuze yahanyuza umuriro. Aya magambo Raila Odinga yavuze ko yiteguye gukorana na deputy president Rigathi Gachagua wo mu ishyaka rili ku butegetsi rya UDA ribarizwa muri Kenya Kwanza administration. Aya magambo yabwiwe abanyamakuru ubwo bamubazaga kuri gahunda ye yo kwiyamamariza kuyobora AUC amatora azaba umwaka utaha mukwezi kwa kabili 2025.

Ubuhanuzi ni ntavuguruzwa!

Ubuhanuzi bwavuze ko Umwakagara yangiye komisiyo ya matora gushyira umunyepolitike SHIMA DIANE RWIGARA niko byagenze! Ubuhanuzi bwavuze kandi ko umwana w’umwega America yamuhamagaye imwihanangiriza kudahirahira ngo akure SHIMA DIANE RWIGARA kurutonde rw’abaziyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu. Byageze aho umwana w’umwega yaracecetse kugeza kumunota wa nyuma, komisiyo ishinzwe amatora mu Rwanda iribiwiriza ikura kurutonde DIANE SHIMA RWIGARA wari wujuje ibisabwa byose kugirango ashobore kwiyamamaza kumwanya w’umukuru w’igihugu. Iki ni kimenyetso kigaragaza yuko Umwakagara atinya DIANE RWIGARA kuko ashobora kumutsinda mu matora y’umukuru w’igihugu.

Skip to toolbar