Gakondo ya bakiranutsi ikomeje kuba isibaniro ry’America, Umwakagara, n’Ubuhanuzi! 

May 28, 2024 ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) biratangaza yuko igihugu cy’America gikomeje gushyiraho igitutu Umwakagara kutaziyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu. Byageze naho “JOE BIDEN” abwira umwana w’umwega (Umwakagara) ngo akureyo umwirondoro we yatanze muri komisiyo ya matora ishinzwe kwakira abiyamamariza umwanya kumukuru w’igihugu. 

Amakuru dukesha ibiro byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) akomeza avuga ko, Umwakagara yavuniye ibiti mu matwi ahitamo guceceka yihorera JOE BIDEN bivuze ko (Kama mbaya mbaya). N’ubwo Biden Ashyiraho igitutu Umwakagara, na we nta bwo yorohewe kuko society yitwa IPSOS ishinzwe kwegeranya amajwi ya bashyigikiye Biden na Trump yatangaje yuko Trump magingo aya ashyigikiwe na bagera kuri 52% na ho Joe akaba afite 48%

Bigaragara yuko Biden ahanganye n’Ubuhanuzi kuko alimo ku burwanya kuko bwavuze ko RAILA Odinga agomba kuba umukuru w’igihugu, none turabona yarazamuwe mu ntera aho agiye kuba umukuru wa African Union umugabane ufite abaturage bagera kuri miliyari 1.43 by’abaturage (African Union populations). Raila Odinga amaze kwakira ba ambassadors b’ibihugu bitandukanye bilimo UK, USA, Netherlands, Misiri, ni bindi byinshi byaje kumubaza gahunda ye naramuka atorewe kuba umukuru wa African Union.  

Ibi bigaragaza neza yuko ashobora kuzatorerwa kuyobora AUC umwaka utaha 2025 in February. Ishyaka rya ODM yarishyize mu maboko ya JOHO na OPARANYA, na ho Azimio La Umoja One Kenya Coalition yarishyize mu maboko ya Kalonzo Musyoka STEVEN na EUGENE Wamarwa, bigaragara yuko yizeye intsinzi muri AUC.  

Ubuhanuzia bwavuze ko muri 2021/22 Donald Trump azasubira ku butegetsi akaba ari we uzatanga icyerekezo cyo kuvaho kw’ingoma y’abega. So, abashaka gukuraho Umwakagara ubungubu ubanza bashobora kuba bibeshya cyane! Byageze naho itangaza makuru rya CNN ryari rishyigikiye JOE Biden basigaye bamamaza Donald Trump mu gihe CNN ari kimwe mu binyamakuru byagiye byamamaza amakuru y’ibihuha aho bifuzaga yuko Trump yakurwa ku butegetsi ariko arinda arangiza manda ye ya mbere batabigezeho. 

Bisobanuye yuko Donald Trump na Raila Odinga batari bima ingoma bishobora kuzagorana gukuraho Umwakagara kuko Ubuhanuzi ni ntavuguruzwa!!! 

Mushobora gukoresha imbaraga nyinshi cyane mwifuza kuburizamo Ubuhanuzi mukangiza byinshi birenze ibyo mwari gukiza. 

Ubuhanuzi bukomeza buvuga yuko ngo Umwakagara akomerewe cyane kuko atazi icyo America yaba ilimo gutegura mu gihe yanze ibyo bamusabye yuko atagomba kongera kwiyamamaza. Ni mu gihe na we yizeye igiti cy’umuvumu!!! 

Murebye igice cy’Ubuhanuzi cya (296/297) byose bigaragaza umugambi w’America aho bifuza ko Umwakagara yasimburwa nundi muntu utari Umwami Kigeli Ndoli.Ubuhanuzi bwavuze ko ngo Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo azabagwa gitumo. Bisobanura yuko gahunda zabagerageza gushaka kubulizamo gahunda z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bitwaje ikimenyane n’ubushobozi ubanza bitazabahira!!! 

Byumvikana neza yuko ndashyigikiye Umwakagara, ahubwo nshigikiye ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Singombwa yuko mba Umwami wa gakondo ya bakiranutsi, ariko niba data wo mu ijuru yarabonye ko binkwiye ko mba Umwami kugirango nkomeze umulimo we wo guca imanza zitabera, urumva haricyo bitwaye??? Abarwanya Ubuhanuzi nimanza zitabera mukwiye kwigengesera kuko bushobora kuzabasiga ibara mukumirwa! Iyo hajemo imanza zitabera hamwe n’Ubuhanuzi umunyabwenge yagakwiye kwiirinda!!!  

Niba gukuraho Umwakagara binyuranye n’Ubuhanuzi, bivuze yuko Uwiteka Imana Nyiringabo atari kuruhande rw’abashaka kumukuraho. Ubwo bikaba bisobanuye yuko ari kuruhande rw’Umwakagara kugirango azakurweho mu gihe cye gikwiriye

Kuva igihe maze nkora uyu mulimo maze kubona ibintu (3) bigoye cyane ku buryo budasobanutse; 

  • Abantu ba moko yose yaba abubaha Imana cyangwa abatayubaha bose bahuriza ku cyintu kimwe cyitwa kutumvira ijambo ry’Imana (disobedience).
  • Satani na we nta bwo yoroshye igihe cyose afunga amatwi agashaka kugerageza kurwanya ibyo Uwiteka Imana Nyiringabo yavuze ngo arebe yuko yabivuguruza, kandi azi neza yuko bidashoboka.
  • Uwiteka Imana Nyiringabo nawe nta bwo yoroshye akunda abantu nk’abo bifuza guhangana nawe kugirango abireke yuko ibyo batekereza bidashoboka. Iyo avuze aba avuze! Aha rero urubanza rwaba bose Nijye rutegereje ariko namaze no kururangiza hasigaye Uhoraho Nyiringabo gushyira mu bikorwa imanza narangije.

NB: inama nagira abarwanya Umwakagara kumurwanya birashoboka mu gihe gusa, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abashyigikiye.Kandi yavuzeko umuntu wese uzashaka kurwanya Umwakagara atabanje kunyura k’Umwami Kigeli Ndoli, nta bwo azabishobora.Niba rero hariho abumva ko umulimo nkora ahari mba ndimo guhamba imbwa bashobora kuba bibeshya, ahubwo mushobora kuzibuka ibitereko byasheshe kandi bizabagora cyane ndetse bizabahenda cyane kuruta uko mwari kunshaka mbere yuko mutangiza gahunda zanyu mutabanje ku mbwira. 

Nibyo America niyo izakuraho Umwakagara, ariko nta bwo ari “JOE BIDEN” kuko siko Ubuhanuzi bwavuze kuko nawe yaciriweho iteka. Byashoboka gute ko uwaciriweho iteka yakuraho Mugenzi we na we waciriweho iteka? Ubwo se izo zaba ar’imanza bwoko ki? 

Ibintu bikwiye gusobanuka neza cyane, abantu bakava mu guhirahiro, Raila Odinga ni we kimenyetso cyo kwima ingoma k’Umwami Kigeli Ndoli, uwahoze ari NYAMPINGA SHIMA DIANE RWIGARA ubu yaciriweho iteka, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yabahaye amahirwe yo kujurira kuba baraciriweho iteka ubusanzwe nta bwo bibaho mu manza zitabera, sinzi gahunda afitanye nabo, magingo aya sindabona ubusabe bwabo bifuza kujuririra icyemezo bafitiwe ni manza zitabera. Bishobora kugorana kuba SHIMA DIANE RWIGARA afite file number ngo asimbure Umwakagara nawe ufite za files numbers nyinshi bose baramaze gucirwaho iteka!!!  

It’s impossible!!! 

Cyeretse nimba JOE Biden ashaka gukorera uRwanda n’abanyarwanda ibyo yakoreye ABATARIBAN muri Afghanistan aho yakuyeho Leta yaririho agaha Abataribani ubutegetsi kandi azi neza yuko Abataribani ari abaterroriste kw’isi yose barazwi.  

Ntiyashizwe yongera gutangiza intambara muri UKRAINE akuraho ibihano Trump yari yarafatiye Russia byatumye PUTIN ashobora gutera igihugu cya UKRAINE. Mu gihe bashinjaga Trump ko afitanye isano na Russia ngo papa we yaba ariho akomoka, inkuru yavuzwe cyane ni binyamakuru bashyigikiye ishyaka ry’aba democrate.  

Muri gakondo rero n’umwihariko arifuza kuburizamo Ubuhanuzi ngo butazasohora nyamara ubanza alimo gushinga umuhunda ku kirenge. Biden na mwirukanye ku butegetsi agomba kuvaho yanze akunze, na bandi bagenzi be bagera ku (7). 

Bakundwa ni mureke gutakaza igihe, no kwangiza amashillingi mwakabaye mukoresha mu bintu bifite umumaro, ngo murashaka kwerekana ko bishoboka kandi ko mufite agatuza. 

Yes! Indeed, it’s possible if God of heaven is on your side. NOTENLESS, you’re on the side of the devil. Which means that you’re against God’s word of heaven

Icyintu twavuga ko gishimishije, ariko kandi kinateye impungege cyane, ni uko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo akomeje guhagarara kumugambi we no kwemeza ko ibyo yavuze atazabura no kubisohoza.

Mu gihe abitwa ko bakabaye bashyira mu bikorwa ibyo basabwa gukora, ahubwo bisa naho bibereye mu nkera birengagiza ibyiza Uwiteka Nyiringabo yabateguriye wagirango ibyo balimo kwitegurira nibyo byiza cyane kurusha ibyo Uhoraho Nyiringabo alimo gutegurira ubwoko bwe!

2017 abantu barishwe, abandi baburirwa irengero, magingo aya nta bwo bizwi niba bariho cyangwa niba barishwe! Kuba Ingabire Victoire Umuhoza, Ntaganda Bernard, Dr. Kayumba Christopher Umwakagara yarabakuye murubuga rwa politike nta bwo ar’uko baciriweho iteka, kuko Dr. Kayumba Christopher atigeze acirwaho iteka nimanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Not at all! It’s because they didn’t used a proper channel.

So tell me how will you prevent someone called disasters Umwakagara Paul Kagame if he has a plan to destroying the whole country? Because it’s possible! That man is a killer, a terrorist, a devil and God of heaven knows all things that is why he put the rules of law through prophecies and heaven judiciary

Umuntu wese wumva adashobora kunyura mu nzira zateguwe kandi zategetswe n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, ibizaba ku gihugu muri aya matora ari mbere muri nyakanga 14, 2024 ntazabura kubibazwa!??

Bibaye ko Uwiteka ari nta cyo yavuze byaba byumvikana, ariko niba hashize imyaka irenga (10) Uwiteka avuze kubijyanye n’ubuyobozi bwo muri gakondo ya bakiranutsi, ariko abantu bakica amatwi, harya ubwo na barimbura azaba ahemutse!? Haraho bigera nkumva Uwiteka mugiriye imbabazi! Gukunda utagukunda ngo n’inkimvura igwa mu ishyamba.

I’m not your enemy, but always I try to help you and advise you how can you get a proper channel that you can get throughout. Eventually, after your faille you will come to me and that’s the end of it.

egretnewseditor@gmail.com 

Skip to toolbar