Umwakagara PaulKagame arifuza igisasu cyo mu bwoko bwa ATS ngo arimbure uRwanda

May 25, 2024 ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) biratangaza amakuru akurikira, Umwakagara Paul Kagame wimitswe n’America kuba umukuru w’igihugu cy’uRwanda nyuma ya genocide yakorewe ubwoko bw’Abatutsi mu w’1994 akaba amaze imyaka (30) ku butegetsi arifuza igisasu yagura akarimbura uRwanda.

Nyuma yo kubagezaho amakuru mu Buhanuzi bw’uko Umwakagara yateshejwe umutwe n’America aho yategetswe kwemerera umunyepolitike wigenga SHIMA DIANE RWIGARA gushyirwa kurutonde rw’abakandida bigenga, kugirango bazahatane mu matora asigaje ukwezi kumwe ni byumweru (2) ku mwanya w’umukuru w’igihugu.

Nk’uko twabagejeho amakuru mu Buhanuzi, mu nyandiko y’ubushize Ubuhanuzi bwavugaga yuko Umwakagara agiye gushaka uko yikoresha coup d’état kugirango asubike amatora y’umukuru w’igihugu maze azashakishe uko yazahangana n’America ishaka kumwubikira imbehe (plate). Yibagirwa yuko abanyarwanda aribo bamuhaye akazi atari America yamuhaye akazi, kuko igihe cyose abanyarwanda batamwifuza nta bwo America yakomeza kumuhishira ikamwemerera gukoresha igitugu yica abantu uko abyifuje ngo bizashoboke.

Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) bikomeza bitangaza yuko Umwakagara alimo gushaka kugura igisasu (bomb) cyo mu bwoko bwa (ATS ) kugirango ubwo azaba akuwe ku butegetsi azarimbure uRwanda na banyarwanda.

Ukibaza imyaka (30) amaze ategeka uRwanda n’abanyarwanda niba yategekaga ihene cyangwa inka bikakuyobera. Ibi bigaragaza yuko n’ubundi atari uwo mu bwoko bwa kiremwa muntu kuko adafite muri we imbabazi na busa! Aho yumva yuko igihe atari ku butegetsi cyangwa umwana we ngo amusimbure ku butegetsi yarimbura igihugu cyose!

Umwakagara atangiye kubona ingaruka zo kuba yaremeye gukoresha ikinyoma cyo kwimika republika itemewe na mategeko. Birashoboka yuko n’ugiye kumusimbura niba bizashoboka yuko yazashinga ikirenge mucy’Umwakagara yakandagiragamo.

Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yamaze guca umurongo ngenderwaho ku muntu wese uzashaka kwivanga mu Buhanuzi ni manza zitabera azahura na kaga atigeze kubona mw’isi ya bazima.

Abanyarwanda bose baheze ishyanga mutegereje isezerano ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, murabe maso cyane kuko duhanganye na SATANI ushaka kuburizamo isezerano ry’Uwiteka Imana Nyiringabo bitwaje gukuraho Umwakagara bakamusimbuza undi utaravuzwe n’Uwiteka Imana Nyiringabo, kandi ari bo bamushyizeho.

Niba yaba aliyompamvu kwa Rwigara basuzuguye itegeko ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ndetse bakanasuzugura Umwami Kigeli Ndoli bibwira yuko America ariyo Imana y’isi, ubwo tuzamenya hagati y’Uwiteka Imana Nyiringabo n’America uwo abanyarwanda bakwiye kumvira uwari we.

Iki n’igihe cy’imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo mu isi yabazima. Jyewe nkorera Uwiteka Imana Nyiringabo, nta bwo nkorera America kuko atariyo yampaye akazi. Kandi ndifuza yuko babimenya neza cyane yuko igihe cyose nzaba nicariye intebe yabukunzi nta bwo nzagendera kumategeko y’America kurusha amategeko y’Uwiteka Imana Nyiringabo, kuko ataribo banyimitse ahubwo nimitswe nijuru. Nta nyota mfite yo gutegeka, nta n’ubwo nigeze nsaba Imana kuba Umwami wa gakondo y’abakiranutsi kuko narinziko bidashoboka.

Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yampaye ububasha n’ubutware ku biremwa byose byo kw’isi kubiciraho iteka.

Kandi nibivanga mu manza zitabera n’Ubuhanuzi aho gushyigikira ibyo Uwiteka yategetse, ahubwo bakabirwanya, Uwiteka Imana Nyiringabo azabarwanya kandi bazatakaza ijambo mw’isi yabazima kuko n’ubu basigaranye ibihugu bice cyane bakorana nabyo kuva aho baciriweho iteka.

Nijye ushobora ku basubiza ijambo mw’isi yabazima. Ubwo rero bararye bari menge kuko igihugu cyose kitazankorera kizakurwaho.

NB:  Let us here be clear that they must do what I want! Not me shall do what they want! Because I deserved to be served, not me serving them, because it’s my father’s time of heaven to be served.

egretnewseditor@gmail.com 

Skip to toolbar