Biravugwa ko RUTO yahungishije umuryango we akawujyana muri America!!!

 

Amakuru agera ku kinyamakuru egret news aravuga ko Samuei William Ruto muri iki cyumweru yahungishije umuryango we wose abana n’umugore yakodesheje indege yo mu bwoko bwa private JET yerekeza muri America aho yavuze ko ngo yagiye muri rugendo rwa kazi (visit state).

KTN TV hamwe na citizen TV byatangaje ko ya kodesheje indege iheze cyane ya yishyuye million 200,000,000 ksh ubwo mu ma dollar angana na millions $ 1,503,759 z’Amanyamerica.

Abakurikirana politike ya Kenya baremeza yuko ubutegetsi bwa RUTO bwa bwarangiye, akaba ashobora kwegura muri uku kwezi kumpera zako agasubiza ubutegetsi Uhuru Kenyatta ushobora gutegeka iminsi (60) hakurikijwe itegekoshinga agategura amatora y’umukuru w’igihugu nk’uko byateegetswe n’Ubuhanuzi.

Bakomeza bavuga ko ngo kubera ibyo yakoreye umuryango wa Kenyatta yaba ariyompamvu ahisemo guhungisha umuryango kuko azi ko na we ibyo yakoreye abandi ari na byo ashobora gukorerwa.

Ishyaka rye rya UDA riyoboye Leta ya KK regime, ryamaze gucikamo ibice (2) aho icyegera cye Rigathi Gachagua wamaze icyumweru cyose gishize atagaragara, abashinga mateka bakomoka mu ntara ya mountain Kenya, cyangwa central of Kenya, bavuze kumugaragaro yuko RUTO arwanya icyegera cye ndetse na bakikuyu bose muri rusange Rigathi Gachagua akomokamo.

Dukurikije inama yabereye LIMURU (3) aho amashyaka (31) akomoka mu ntara ya mountain Kenya yashinze impunzi mashyaka yitwa HAKI COALITION ndetse banatora Uhuru Kenyatta kubabera umuyobozi wiyo impuzamashyaka, banasaba yuko Rigathi Gachagua utacanaga uwaka na Uhuru Kenyatta bakorera hamwe mu gihe Gachagua icyegera cya RUTO ari mu ishyaka rya UDA, naho Uhuru Kenyatta akaba mu mpuzamashyaka ya Azimio La Umoja One Kenya Coalition.

As they said, no permanent enemy, no permanent friend in politics, it’s all about interests. That what happened between RUTO and his deputy president in UDA paradise!

Abashinga mateka ba UDA bakomoka mountain Kenya bavuze batazemeza umushinga w’itegeko w’ingengo y’imali ya 2024/2025 bitewe nibikubiyemo aho RUTO yazamuye VAT 16% kumugati, Ibinyabiziga, binyobwa bidasembuye (beverages) ni bindi.

Impuza mashyaka y’Azimio La Umoja One Kenya Coalition abashinga mateka babo nibo bafashe iya mbere kwamagana (Finance Bill 2024/2025).

Birashoboka yuko uyu mushinga w’itegeko (finance bill) utazemerwa kuko wamaze gucirwaho iteka n’ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Ndetse ni bilimo kuba mu butegetsi bwa KK regime buyobowe na Samuei William RUTO byaba bifitanye isano nimanza zitabera zicibwa n’umucamanza uca imanza zitabera Majeshi Leon Ainesha.

 egretnewseditor@gmail.com 

Skip to toolbar