Ubutegetsi bwa William Samuei Ruto bukomeje kuba amayobera

Amakuru mu gihugu cya Kenya aratangaza ko ubutegetsi bwa RUTO bukomeje kuba amayobera aho bushinzwe kunyunyuza imitsi y’abaturage gusa bushyiraho amategeko atabereye abaturage mu gihe cy’imyaka (2) gusa amaze ku butegetsi, umushinga w’itegeko ry’ingengo y’imali y’umwaka wa 2023/2024 wateje impari kugeza ubu none ingengo y’imali y’umwaka wa 2024/2025 isanze impaka z’umwaka ushize zitari zirangira none yongereyemo indi misoro iruta iyo yari yongereye umwaka ushize.

Ruto’s administration policy nta bwo isobanutse. Wavug’ute ko umucuruzi amashillingi yinjiza kumunsi (turnover) ko agomba kwishyura 20% kandi iyo 20% ilimo capitalization hamwe ni nyungu zayo? Ubundi umuntu yishyura umusoro ku inyungu aba yungutse! None se umucuruzi niyishyura turnover 20% urumva atazahita afunga imiryango?

Niba winjije millioni imwe ugomba kwishyura 20% ubwo n’ukuvuga ibihumbi 200,000 ukibaza uyu musoro wa 20% icyo waba ushingiyeho kikayobera. Leta yakuyeho amashillingi yo kugura amafunguro yabanyeshuri yajyaga ahabwa ibigo by’amashuri kuri milliyoni 4.5 z’abanyeshuri Leta yatangaga asaga miliyari 4 z’amashillingi none bayakuyeho. Aha wibaza icyo Leta ye imaze kikakuyobera.

Umusoro ku binyobwa bidasembuye (beverages) yazamuye umusoro ho 10%, ifu yingano zikora imigati yongeyeho Vat 16%, ushobora kwibaza imibare alimo gukora ntuyibone. Ibinyabiziga byazamuriweho hagati y’ibihumbi 5000 bya insurance kugera kubihumbi 100,000 bitewe na capacity ya engine y’ikinyabiziga cyawe. Ibi byose bikubiye mu nteguro y’umushinga witegeko (finance bill 2024/2025) wagejejwe mu nteko shingamategeko ku wa mbere taliki ya 13 gucurasi 2024.

Nta bwo bizwi niba inteko shingamategeko izemeza uyu mushinga, baramutse bemeje uyu mushinga wahita uhinduka itegeko (finance act) ubwo byaba bivuze ko ubuzima muri Kenya bwaba burangiye haba umukire cyangwa umukene bose bazisanga mugatebo kamwe ariko birumvikana yuko abakene bashobora gupfa mbere ya bakire mu gihe byaba ari nta gikozwe.

Urugero mu ntara ya Mount Kenya yabo mu bwoko bw’Abakikuyu, mu myaka 2 gusa Ruto agiye ku butegetsi abalimu bamaze kwiyahura bagera kuri (60). Amakuru yatangajwe na balimu bagenzi babo, bavuga ko ubuzima bubi kudahembwa umushahara w’intica ntikize, byaba biri muri bimwe mu bituma abo balimu biyahura kubera ibibazo byinshi bahura nabyo mu buzima byabuze ibisubizo.

Kenya nikimwe mu bihugu bihemba nabi abalimu kandi umushahara wabo hamwe na baganga nta bwo bawubonera igihe nka bandi bakoze ba Leta bose. Aho usanga bahora mu myigaragambyo idashira Leta yaranze kubaha inyongeza musaruro ahubwo imishahara yabo ugasanga ikoreshwa ubucuruzi muri za bank ibyo bita draft aho za bank zikorana na abshinzwe guhemba abalimu na baganga kuko aribo benshi muri za ministeri imishahara yabo igurwa zahabu (gold) ni bindi bicuruzwa byunguka vuba ugasanga bamaze amezi (6) batari bahembwa. Bajya no kuyabaha ugasanga bahabwa ibice bice bitagira icyo bibamarira.

Ibilimo kuba mu gihugu cya Kenya bishobora kuba ahari byaba bifitanye isano n’imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Kuko nta bwo bisanzwe kuba ubutegetsi bushobora gushyiraho itegeko ryambura umuturage uburenganzira bwe ahabwa namategeko. Kandi no kubaho kwa Leta ibikesha uwo muturage ilimo ishyiriraho umusoro wikirenga bisa naho Leta ilimo kwifuza ubutunzi bw’abaturage ku buryo ibonye ubushobozi busesuye yakwambura abaturage utwabo twose batunze!!!

Kugeza Magingo aya kuva aho hashyiriweho komisiyo igenzura ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu 2022 mu kanama ka IEBC, ntabwo byari byashyirwa ahagaragara ngo batubwire uko bimeze! Birumvikana yuko niba hubahirijwe amategeko RUTO agomba kuvaho uku kwezi karangiye kugirango Uhuru Kenyata agarurwe ahagararire amatora ashobora kuba mukwezi kwa kanama 2024. Byashoboka ko yaba aliyo mpamvu alimo kwiba ahantu hose Leta isabwa gutanga amashillingi kugirango azabone akayabo kayo azatwara avuye ku butegetsi.

Mu bushakashatsi bwakoze n’ikinyamakuru InyangeNews benshi mu baturage yaba abize cyangwa abatarize, abazi amategeko ndetse na batayazi, nta bwo bemera ko NADCO REPORT yemejwe n’inteko zombi byamaze guhinduka itegeko yuko ububiko bugenzurwa ntibizera yuko RUTO azakurwa ku butegetsi kuko ari ubwa mbere babonye ikibazo nk’icyo.

Abenshi baganiriye n’ikinyamakuru InyangeNews bifuza ko ngo yakwicwa ngo nicyo gisubizo kuruta kwizera ko yakurwaho namategeko we ubwe yasinyiye. Bivuze ngo bizerera mu kwica kurusha kwizerera mu mategeko.

  • Ubuhanuzi bwa 2017/2018 buvuga ko Ruto azakurwa ku butegetsi agakurikira Uhuru Kenya yibye umurengera w’amashillingi menshi cyane yindegakamere.
  • Ubuhanuzi kandi bwongera kuvuga ko RUTO azakena ku buryo azasigarana imashini ikora amatafari yibyondo adahiye. Iryo ni ryo herezo rya William Samuei RUTO kandi bukanavuga ko azafungwa nyuma yo kujya ku butegetsi.

 egretnewseditor@gmail.com 

Skip to toolbar