Imanza zitabera mu mugambi w’impunzi z’Ubwongereza koherezwa mu Rwanda

Amakuru dukesha SENATE y’Ubwingereza (house of Lords) bakuriye inzira kumulima Leta ya ministiri w’intebe RUSHI Sunak ko igitekerezo cyo kohereza impunzi zahungiye mu Bwongereza akwiye ku kibagirwa. Uwo mushinga yawushubije mu ntekoshinga mategeko (Law Marker) bawutera utwatsi.

Nibwo yafashe icyemezo cyo guha buri mpunzi izemera kubushake bwayo ko yahabwa ibihumbi £ 3000 bya ma pound ikoherezwa mu Rwanda nabyo birangira uwo mushinga utewe utwatsi.

Umugambi wari wateguwe kwari ukohereza impunzi zigera ku 1000 mu Rwanda kujya kubayo maze dossier zabo zikazigwaho bari mu Rwanda. Leta ya RUSHI SUNAK yari yateguye pound £350 million zo guha Leta ya Kigali. Umwakagara yumvikanye avuga ko, nibiramuka kohereza impunzi mu Rwanda byanze ngo yiteguye gusubiza million ijana za ma pound £100 bari bahawe nka deposit.

United Nations yasabye Leta ya RUSHI SUNAK ko yaheba umugambi wo kohereza mu Rwanda.Ariko ibi babivuze bamaze kubona yuko bitagishobotse kohereza impunzi z’Ubwongereza mu Rwanda.

Ubu bucuruzi bw’abantu bitwa impunzi bwadutse vuba mu myaka yashize aho ibihugu bya west of Africa bahunga ibihugu byabo bajya kumugabane w’Uburayi banyuze mu gihugu cya LIBYA aho bambuka inyanja ya Mediterranean Sea bagahita bagera kumugabane w’Uburayi iyo ubwato balimo barunduwe mu mazi y’inyanja.

Kubera ikibazo cy’intambara yo muri LIBYA impunzi zigeze guhera mucyeragati zinanirwa kwambuka inyanja ndetse zinanirwa no gusubira inyuma, biba ngombwa ko bitabaza Leta ya Kigali bayiha cash yemera kwakira impunzi zari zaheze muri LIBYA.Babonye ko halimo akaryo, na Netanyahu wa Israel nawe aba apanganye n’Umwakagara ngo bamuhe ibihumbi $ 500,000 amukize impunzi ziri muri Israel ikibazo cyahagurukije UN bigatuma uwo mushinga ubulizwamo.

Leta y’abega yabaye ingaranti (trash) bajugunyamo imyanda yose ishoboka provided ufite agatubutse! Ngizo intambara zo gutera DRCongo, gukona abagabo, LGBTQ abahuje ibitsina barongorona, za vaccine za moko yose zigeragerezwa mu Rwanda. Kurya abantu, gucuruza abantu babatwara muri CHINA, ibipfuye amaso byose birahakorerwa bipfa kuba bibyara umusaruro wa cash.

Ubucuruzi bw’impyiko za bantu n’imitima by ’abantu, ikintu cyose washaka kuhakorera kiremewe as long as ufite kumufuka ho agatubutse!

Ibyiringiro by’Umwakagara byo kungukira mu mpunzi z’abanyafurika byashiriye mu manza zitabera, amaze kubona ko bitazashoboka nibwo yajyanye ikirego mu Bwongereza avuga ko gahuda zabo zaciriweho iteka n’umucamanzi w’isi yose uca imanza zitabera.

Basuye ibiro bikuru by’imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo basanga ayo makuru ari ukuli, bahita bifuza uko bashobora guhura n’umucamanza uca imanza zitabera.

egretnewseditor@gmail.com 

Skip to toolbar