Ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo burakataje muri Kenya

Amakuru yatangajwe na KT News nikinyamakuru the standard cyanditse inkuru ifite umutwe wa magambo ugira uti “Order on election servers throws Raila and Ruto talks into a spin” kubera urukiko rwategetse ko (NADCO REPORT) idakwiye gushyirwa mu bikorwa nk’uko inteko zombi zishinzwe amategeko (law makers) zihagarariye abaturage zari zabyemejwe.

Nk’uko (governor JAMES ORENGO senior councillor) impuguke mu by ’amategeko yabitangaje ko ngo hari umugambi wa Leta ya KK regime bamenye ko ilimo gukerereza gahunda z’ibiganiro ntizishyirwe mu bikorwa (not implementation).

Ibyo mu gihe bilimo kuvugawa urukiko rw’ikirenga rurashinjwa kuba ari rwo nyirabayazana aho nyuma ya matora 2022 hatanzwe ikirego na (Azimio La Umoja One Kenya Coalition) basaba ko server yafungurwa kugirango hamenyekane neza uwatsinze amatora y’umukuru w’igihugu byarangiye CJ Martha Koome avuze ko ngo ibimenyetso bya byatanzwe nuruhande rwatanze ikirego ngo ni HOT AIR.

Ni cyemezo kotashimishije uruhande rw’abatanze ikirego ndetse n’abaturage benshi muri rusange bari bizeye intsinzi bidasubirwaho. Byabaye ngombwa ko AU ihosha imyigaragambyo yarwaga William RUTO bamusaba ko akwiye gufungura server kugirango bimenyekane niba koko yaratsinze amatora y’umukuru w’igihugu. Intumwa ya (AU former president of Nigeria Olusegun Obasanjo) niwe wayobowe ibiganiro hamwe na (SAMIA SULUHU HASSAN president of republic of Tanzania).

Ibyo biganiro byabereye MOMBASA mu ibanga, nibyo byaje kubyara umusaruro wa (NADCO REPORT) itemerwa n’urukiko rw’ikirenga ruvuga ko binyuranye nitegeko shinga. Rukirengagiza yuko ibyatangajwe na kanama ka IEBC nabyo byari binyuranye nitegekoshinga aho uwari umukuru wa kanama ka IEBC CHIBUKATI WAFULA yagombaga gutangaza uwatsinze amatora y’umukuru w’igihugu, ari uko afite ba commissioners 3 na we wa 4 muri (7) nk’uko biteganywa nitegekoshinga rya Kenya.

Amakuru avuga ko, CHIBUKATI WAFULA yaba yarahawe bituga ukwaha angana na miriyali (28) z’amashingi ya Kenya. Mu ma dollar angana na million $241,379,310. Naho urukiko rw’ikirenga rwo rwahawe angana na miriyali (10 Kenya money shilling) angana na $ 86,206,896 million.

Kuri iki cyumweru taliki ya 31 werurwe 2024 Dr. Kalonzo Steven Musyoka yiyambaje Raila Odinga ko akwiye kuvugana na mugenzi we Ruto bagacyemura ikibazo cya NADCO REPORT yemejwe n’intekoshingamategeko zose, ariko urukiko rw’ikirenga rwa KIAMBU county rukaba rwahisemo gutambamira ubumwe n’ubwiyunge bw’abanyagihugu ba Kenya.

Kuri uyu wa mbere taliki ya 1 April,2024 Eugene Wamarwa na Steven Kalonzo Musyoka batangaje ko bagiye gutegura imyigaragambyo ikomeye cyane kwamagana urukiko rw’ikirenga rwa KIAMBU county RUTO yakoresheje kwitambika ngo server ibitse ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu ntifungurwe.Iyi myigaragambyo iraza isanga iya abaganga bamaze iminsi bigaragambya basaba Leta ko yakubahiriza amasezerano bagiranye kuko hariho abaganga bamaze imyaka (4) babarwa nk’abari internship kugeza magingo aya bakaba batari babarwa nk’abakozi ba Leta.

Hategerejwe ko RUTO agira icyo atangaza mbere y’uko imyigaragambyo itangira. Twibutse ko Ubuhanuzi bwavuze yuko nibaramuka bafunguye ububiko bwa SERVER, Ruto azahita ajya kuri TV asabe imbabazi abanyaKenya kubera ko yicariye intebe y’umukuru w’igihugu mu buryo butemewe na mategeko.

Kandi Ubuhanuzi bwa 2017 bwavuze ko, Uhuru Kenyatta azava ku butegetsi, akazakurikirwa na RUTO yikoreye igipfunyika cya mashillingi atagira ingano.

Kandi Ubuhanuzi bwa 2022 nyuma ya matora y’umukuru w’igihugu, Ubuhanuzi bwavuzeko, Ruto azafungwa. Bivuze ko hagati ya Chibukati Wafula warukuriye akanama kamatora y’umukuru w’igihugu, ma chief Justice CJ Martha Koome bazasabwa gutanga ibisobanuro kubwira abanyagihugu uburyo bahinduye ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu bagatangaza uwatsinzwe amatora y’umukuru w’igihugu, aho gutangaza uwatsinze amatora y’umukuru w’igihugu nyakuli.

 egretnewseditor@gmail.com 

Skip to toolbar