Umusore utiraliliye ngo ntarongora inkumi!

By’ukuli sinshaka kwiralira, kuba naciriyeho iteka indiririmbo zo kuramya no guhimbaza Imana (worship and praising) ntabwo byanguye neza. To be honest.

N’ubwo wenda ntafite aho nziririmbira, wenda n’umwanya wanjye ukaba ubarirwa ku ntoke, ariko natekerezaga ko wenda har’igihe nazabona akanya nkaririmba.

Ariko mpawe igihimbano cyo gushimisha (45) muzo gushimisha ntibeshye ngo”ariko icyo nzi ni uko iby’Imana ishaka ari byo nkwiriye gukora.

Reka nkore ubushake bwa data n’ubundi kutabukora biteza ibyago na kaga nta kundi byagenda buriya igihe cyabyo cyashyizweho iherezo.

Ariko ubanza kuzumva bidahanwa n’amategeko. Ngirango cyane abo bireba n’abahanzi….

Skip to toolbar