Ikimenyetso cyo kuva ku butegetsi kwa rpf n’Umwakagara cyagiye ahabona!!!

Nyuma y’amezi (3) William Ruto agiye ku butegetsi nk’umukuru w’igihugu cya Kenya, ibyo yasezeranije abaturage ko namara kurahirira kuba umukuru w’igihugu agishyira bibiliya hasi ibiciro by’ibiribwa bizahita byimanura hasi.

Abantu bategereje ko byimanura baraheba!Yavuzeko WiFi, izaba ar’ubuntu, ko azatanga miriyali 50 kubakene bo hasi bagacuruza bakazamura imibereho yabo!

Ariko akimara kurahira ubuzima bwahise bukomera, amazi, amasharazi, ibifungurwa, za bursaries z’abanyeshuli yahise azikuraho, fuel, ibintu byose ubuzima bwarushijeho gukomera cyane!!!

Raila Odinga yakomeje gushinja international community n’ubutegetsi bwa Joe Biden ko bivanze mu matora y’umukuru w’igihugu cya Kenya.

Mu ijambo Raila Odinga yagejeje ku bari nama yari yatumije ku kibuga cya Kamukunji, yavuze ko ku wa mbere taliki ya 12 ukuboza ibiroli bya Jamhuri day azabyizihiriza Jacaranda ground.

Kandi ko ariho azavuga ijambo rikakaye cyane yerekana uko igihugu cyaguye mukaga kubera agatsiko ka bantu bamwe bayobeje amatora y’umukuru w’igihugu mu nyungu zabo.

Mu gihe William Ruto na Leta ye bo bazizihiriza uwo munsi mukuru kuri Nyayo stadium.

Ku buryo bwihuse abazungu basabye William Ruto kubulizamo uwo mugambi wa Raila Odinga kwizihiriza Jamhuri day Jacaranda ground kugirango atazabanika ku karubanda.

Munsi ya masaha 24hrs,William Ruto yari yemeye Ingingo zose zigera kuri (10) Raila Odinga yasabaga Leta ya kenya kwanza Ruto ayoboye.

Ako kanya Raila Odinga yahise asubika ibyo biroli. Bimwe mu bigomba kubahirizwa biri mu buhanuzi ni uko hagomba kuba amatora ya kamarampaka (referendum) nk’uko ubuhanuzi bwategetse.

Ibijyanye na referendum biri mu gice cy’i (171) cy’ubuhanuzi havugako, ikimenyetso cyo kuvaho kw’ingoma y’abega, ar’amatora ya kamarampaka azabera muri Kenya nyuma y’amatora y’umukuru w’igihugu.

Ku wa gatandatu taliki ya (10) December 2022 citizen tv mu makuru ya saa moja z’umugoroba yaraye itangaje amakuru ajyanye na referendum igiye kuba kugirango umwanya w’ibiro by’umukuru w’igihugu people’s president (oppositions) ari we Raila Odinga uwo mwanya ushyirwe mu itegeko shinga!!!

Ahangaha wa kwibaza icyo uwitwa ko yarahijwe kuba umukuru w’igihugu azaba amaze bikakuyobera!!!

Cherela four ba IEBC bahagaritswe na William Ruto binyuze muri parliament ya kenya kwanza, yemeye kubasubiza ku milimo. Mu gihe Chibukati na bagenzibe (2) bemeje intsinzi ya William Ruto byari binyuranije n’itegeko shinga. Chibukati nka Chairman wa IEBC manda ye izarangira mukwezi kwa mbere 2023. Birumvikana ko azajyana na bagenzibe balimo Gullie.

Mu byo kandi Raila Odinga yasabye halimo gukora reform cyangwa amavugurrura y’abacamanza n’urukiko rw’ikirenga ku bijyanye n’amatora y’umukuru w’igihugu.Byose William Ruto yarabyemeye!!!

Aha wa kwibaza inyungu zo kwiba amatora y’umukuru w’igihugu muri Kenya icyo amaze bikakuyobera. Niba wibye amatora, hanyuma ukagaruka ugasaba handshake kubera kunanirwa gutegeka, uwo mwari muhanganye agahindukira akagutegeka kandi ari wowe warahiriye kuba umukuru w’igihugu ubwo byaba bimaziki!?

Ubuhanuzi bwavuzeko Raila Odinga ari we mukuru w’igihugu. Ndetse bukomeza kubishimangira. Ruto ararahizwa aba umukuru w’igihugu, ariko ubuhanuzi bukomeza kwemeza ko, Raila Odinga ari we mukuru w’igihugu na magingo aya.

Iminsi (100) Ruto yasezeranije ko azaba akoze ibitangaza, izarangira kuri 23 z’uku kwezi. Nta kintu na kimwe azavuga kumunsi mukuru wa Jamhuri day. Bizaba biteye isoni.

Reka turangize dusaba abega kwitegura guhunga cyangwa se bemere batange ubutegetsi ku neza batari bahura na kaga gateye ubwoba. Kuko igihe cyabo gisa ni gisohoye. Ubuhanuzi igice cy’i (173) ku mpera zacyo n’igice cy’i (174) mu ntangiriro zacyo harabisobanura neza uko ibintu bigiye kugenda.

Ikigo Hustle Fund William Ruto yari yarijeje abaturage ko kizaba ikigo kizajya gifasha abakene kwiteza imbere, yaje kugihinduramo bank itanga inguzanyo yunguka.

Mu gihe inteko shingamategeko yarizi ko ar’ikigo cya Leta, government institution, batunguwe no kumva ko ar’ikigo cye (Ruto) ku giti cye. Aho yabwiye parliament ngo poleni sana hustle fund is mine not belongs to my government.

Parliament bahise bagwa mu kantu. Ku wa gatanu niho ba Lawyers ba Law Society of Kenya (LSK) ba filling petition murukiko basaba ubutabera ko hustle fund atari ikigo cya Leta, kandi ko itari registered ngo ijye itanga imisoro muri KRA.

Bivuzeko abahawe inguzanyo bose abo hasi bahabwaga 500 bagakuraho inyungu yabo ingana na 8%, kuri 500 bakuraho 25bob. Ugahabwa 475 Bob. Munsi 14 ukaba warangije kwishyura inguzanyo ya Ruto, utayishyura ugashyirwa muri gereza. Raila Odinga yatanze itegeko yuko umuntu wese wahawe iyo nguzanyo ko badakwiye kuyishyura kuko Leta yazamuye ibiciro by’ibifungurwa mu yari yasezeranije kuzamanura ibiciro.

Skip to toolbar