Abahutu mu bishatse mwakwilinda cyane!

Ibiro ntara makuru byo mu ijuru “Heaven News Media Agency” biratangaza amakuru akurikira.

Vuba byihuse hagiye kubaho gucyurwa mu ijuru, cyangwa kuvanwa mu mubiri kw’isi yabazima. Abo muri gakondo y’abakiranutsi ubu butumwa cyane nibo bureba.

Ku buryo butunguranye kandi bwihuse, Umwakagara arapfuye. Abantu benshi barapfuye bazize uburangare bwo kutumvira Imana Nyiringabo.

Abahutu bazibwira yuko ari wo mwanya wo kongera kwica Abatutsi bongere bafate imipanga bibwira ko bafata ubutegetsi. Na none mu buryo butunguranye cyane Umwami Kigeli Ndoli azima ingoma from no where!

Icyo gihe abazimu na badayimoni bazaburirwa irengero mu buryo budasanzwe bazazimira nko guhumbya wagirango ntibigeze kubaho.

Ibihe biri imbere sibyiza, abantu muri mu gihugu no hanze yacyo nti mube indangare na ba ntibindeba kuko twese dushobora ku bihomberamo.

Abahutu mureke dukorere hamwe kuko umuTutsi atari umwanzi wanyu, ahubwo ubutegetsi bubi nibwo mwanzi wacu!!! ☺️

Cyane cyane mwilinde kuko ibi bihe ari bibi. Kandi tukaba tutazi amaherezo yabyo. Kuko ahari nta wa menya ejo uko ibintu bizamera mutazongera kwivuruguta mu byondo nk’uko muhora mu byivurugutamo.

Ni mureke abega, n’ingoma yabo, na basangira ngendo babo ba byivurugutamo kuko bibakwiliye. Ariko mwebwe niba bishoboka, mwirinde cyane!!!

Mukwiye kwanga ubutegetsi bubi (evil system) aho kwanga abavandimwe banyu b’abaTutsi. Ese ibyabaye nta somo byabasigiye!?? 😢

Nyamara imbuzi n’ubuntu nti muzavuge ko mutaburiwe kuko ibyo mugiye gukora ari amahano ageretse ku yandi. Please don’t!!!

Twese duhuje imibabaro n’imwe, umwanzi n’umwe, ntarebera izuba uwari we wese, impinja n’ibibondo nta birebera izuba yavuzeko isazi azayicisha inyundo. So be watchful and careful!!!

Skip to toolbar