Ubuhanuzi bw’ uyumunsi!

Ibiro ntara makuru byo mu ijuru Heaven News Media Agency byatangaje amakuru akurikira.

Umwanzi Satani agiye kurekura inguzanyo mw’isi ya cash nyinshi cyane zo kuguriza abatuye isi!

Uwo mugambi wahise ucirwaho iteka. Abazayafata ayo mashillngi bazagibwaho n’umuvumo. Abibwirako bamanutse umusozi ntabwo bazawumanuka ahubwo bazahera hagati (hung up).

Ariko kuko abantu bakennye kandi bakaba batitaye ku ibyo Imana Nyiringabo ababwira ntibazabura ku yafata. Urabe wumva birenge niwowe ubwirwa.

Skip to toolbar