Raila Odinga arashinja ibihugu byo mu burengero bw’isi

Raila Odinga arashinja ibihugu byo mu burengero bw’isi Iburayi n’America kwivanga mu matora y’umukuru w’igihugu cya Kenya taliki 15 Kanama aho bakoze coup d’etat.

Odwor Uwen afungura kumugararo igitabo yise “Stronger than faith” Raila Odinga yabwiye abitabiriye uwo muhango kuba ibihugu by’Uburayi n’America byarivanze mu matora y’umukuru w’igihugu umukuru wa Kanama gashinzwe amatora y’umukuru w’igihugu akemeza ko Ruto yatsinze amatora y’ukuru w’igihugu kandi atayatsinze.

Raila Odinga arahamagarira abanyafrika kwanga igitugu cy’AbanyaBurayi n’America, kwivanga mu mibereho bwite y’abanyafrica. Iyinkuru tuyikesha itangaza makuru ryigenga rya citizens tv.

Skip to toolbar