Nyuma yuko Satani arwanije Imana binyuze mu mugore, none ho ubu yadukiriye abagabo!

Satani n’umuriganya cyane, yariganije umugore bituma we n’umugabo we (Adam & Eva) bakora icyaha cyo kutumvira Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Icyo ni cyo cyatumye birukanwa mu ngobyi ya (EDEN GARDEN) ni hariya mu gihugu cya Iran kera yarifatanye na Iraq ari igihugu kimwe.

Uhereye icyo gihe, isi nibiyilimo byose byinjiye mu kaga kugeza uyumunsi wa none twanditse iyi nkuru. Abantu bakomeje kwaguka no kwiyongera ubu bageze kuri miriyali 7.7,wenda ugakuramo abishwe na cya cyorezo covid19 pandemic.

Satani ntiyagarukiye aho ngo areke umuntu yidegembye. Bitewe nuko akorera mu biyita abakozi b’Imana. Kumugabane w’Africa abazungu bazanye ubukoloni no kuneka babinyuza mu idini nk’uko biri mu buhanuzi.

Batangije intambara ibihugu bimwe na bimwe, bakurikije gahunda Uwiteka afite kuri buri gihugu. Cyane muri gakondo yabakiranutsi ho yabihinduye isupu kugeza magingo aya.

Nibwo muri bwa buriganya bwe, kubera intambara zitarangira, n’inganda zabo zuhumanya ikirere, imvura yatangiye kuba imboneka rimwe. Nibwo muri ibyo ubuzima bwatangiye kugorana.

Bazana gahunda yo kuboneza urubyaro kubagore. Abantu barabyemera bayoboka uwo mushinga wa Satan. Kurundi ruhande bazana virus itera SIDA, abantu barapfa barashira. HIV yatangiye kumenyekana mu w’1982.

Kuko wari umushinga w’Abongereza, America byarayigoye cyane kubona umuti wayo. Aho baboneye umuti mu myaka (38) Ubwongereza butangaza yuko babonye umuti uvura SIDA, ndetse bamaze kuvura abantu (5) bayikuze neza. Icyo gihe America yari yagiye muri S. Africa kubakoreraho ubushakashatsi ngo barebe ko, umuti wabo ukiza SIDA.

Twibukiranye ko, SIDA imaze imyaka (40) kw’isi. Ntabwo Satani nabakozi be banyuzwe, bati indaya ntabwo zikwiye guhabwa akato. Kuko bamenye yuko ni bahabwa akato umushinga wabo utazabona isoko.

Ndetse barekura inkunga z’ubuntu kuri za minisiteri z’ubuzima. Leta zemeza uburaya kuko bazibyajemo agatubutse. Hari umuntu ntari buvuge izina w’umutegetsi twari ahantu maze yakira telephone arangije kwitaba arirahira ati harakabaho indaya!

Tukiraho, bazana ubutinganyi (gay’s & lesbianis) ubu nibyo bigezweho. Bati ntimubahe akato kuko niko umuntu aba yaravutse. Bati “ministry of justice” ikwiye gukora “legalized of the laws of gay’s and lesbianis” abatinganyi barindwa n’itegeko. Umwakagara ati jyewe ni mu mpa cash ndabikora vuba cyane.

Bamuha cash zitubutse, aba ashyizeho centers zo kwakira abatinganyi binyuze muri “ministry of health” Bucyeye bwaho bati Ushobora gukona abagabo tukaguha cash? Ati mwaratinze nimukore transfer ya cash ejo nzahita mbitangira.

Yirara mu bahutu bahabwa intica ntikize, kuko aribo babyara cyane bayoboka umushinga barabakona karahava. Ubwo ba Pastor’s na Padiri baraceceka.

Babwira Dr. Antoine Rutayisire bati shaka uko wagaragaza ko Insengero z’abatinganyi ko nabo basenga Imana. Ati mfite inshuti yanjye iyobora urusengero rw’abatinganyi. Abantu bati se, kandi ibi byo n’ibiki ko umucyo n’umwijima bidahuza bigenze bite?

Hano mu gihugu cy’IBABYLON, ho nukwishyira ukizana, abantu balimo guhabwa agatubutse bakoherezwa ku muganga ushinzwe gukona abagabo. Nibe na babyaye barangije. Ubu abasore nibo bagezweho. Barahabwa “almost one million kenya shillings”. Bingana na dollars 10000.

Ibyo bilimo kuba, mu gihe scientists balimo gukora ubushakashatsi uko abagabo bajya baterwa intanga bagatwita inda nk’abagore. Aho niho tugeze. Ba Pastor’s bari guhabwa agatubutse binyuze mu nkunga kujya birinda kubwiliza barwanya gahunda za Satan.

Harya ubwo, kurangira kundi kw’isi mu shaka n’ukuhe? Satani icyo alimo gukora, n’ukurwanya ijambo ry’Uhoraho rivuga ngo, mu byare mwororoke mugwize isi yose. Can you imagine that?

Skip to toolbar