Inzara irashira, ariko igihemu ntabwo gishira!

Reka wenda tubanze twibukiranye amateka ya vuba atari ayakera cyane.Ngirango ababaga mu Rwanda mbere y’i 1994,imvugo ivuga ngo”imodoka ni Mercedes benz, inzonga nziza ni champagne, umugore mwiza n’umututsi kazi. Uko byagenze ibara umupfu!

Ku ngoma y’abatutsi bo mu nzu y’abega, hamenyerewe panda gari, igipinga, kubiba amacakubiri, gufungirwa ahatava izuba n’ibindi byinshi.

Ariko reka nihumulize, ndetse mpumulize n’imfura zo gukiranuka zikuriho mw’isi yabazima. Ubuhunzi bw’i 1959 bwarangiye burongera butangira bundi bushya.

Ubuhunzi bwo hagati 1994 kugeza uyumunsi. Subiza amaso inyuma wibuke abo wicishije bazira akarengane. Barapfuye wowe uriho, ariko hanyuma yibi byose aho uzaba uri wenyine fpr idahari ngo igushyireho igitugu, nta mwana wo kuguhumuliza, nta mugore.

Icyo gihe uzafatamo ute? Niba waragambaniye abantu, cyangwa se umuntu, akagira amahirwe akagucika. Ni iki gituma ukomeza guhiga ubugingo bwe?

Uko amazuru manini yasimbuwe na mazuru maremare, ninako ibintu bihinduka. Interahamwe mputu zasimbuwe n’interahamwe ntutsi. Ko mperuka waragiye muri kaminuza, iyi mibare nayo yarakunaniye.

Umwakagara agiye gufatwa ashyirwe muri gereza aho niho bazamwicira. Nubwo ashaka guhungira muri M23, nta bwo bizakunda. Nyuma ye, uzerekera hehe!!?

Ariko umulimo ugusibira amayira umaziki? Gusazira muri gereza ninde byashimisha? Harya ubwo ejo nimara kwima ingoma, uzavuga ngo nince inkoni izamba kandi warasuzuguye inama zanjye?

Bagaza ari hehe? Nkurunziza arihehe? Buyoya arihehe? Ntaryamira arihehe? Ikinani arihehe? Pombe Magufuri Past teacher us future. Inda ntashimwe igira. Uruhira ubusa arara yijuse!

Ntabwo biri cyera cyane uzaba wicuza ibyo ukora uyumunsi wa none. How many lives perished during covid19? Inda, indaya, iziko, imva, isi, nta bwo bijya bihanga. Niyompamvu abakuru bavuze ngo uyihima arayiliza.

Abatangiranye na fpr bari hehe? Ubwo se ukunda urwanda kubarusha? Abari abatoni kwa Museveni bari hehe? Abari abatoni k’Umwakagara bari hehe? Wenda Ushobora kumbwira ko ar’igihe cyawe, ariko se abo bandi ibyo bifuzaga babigezeho?

Umwana w’umwega se, ibyo yifuzaga azapfa abigezeho? Mu isi habamo ibice 2, igice cyo kunywa umubirizi, ni gice cyo kunywa amata. Aho iyo uhavuye, ujya mu kindi gice cyo kunywa no kurya umuriro ibihe byawe, bitewe n’amateka yawe wahisemo kwiberamo.

Skip to toolbar