Abatutsi mu mubare wa cosinus!!!

Abanyarwanda mu mu bare witwa “cosinus”mu gihe abatavuga rumwe n’ingoma y’abega na FPR,bo mu bwoko bw’abatutsi bafashe iya mbere gukuraho ubutegetsi bw’igitugu,ubutegetsi bwa satani n’abadayimoni,barasabwa gukoresha umubare wa cosinus kugirango ibyo bashaka bazashobore kuabigeraho.
Ni mugihe abatutsi bo munzu y’abega bari kubutegetsi babumazeho imyaka (26) bica abanyarwanda urwagashinyaguro.Ndetse batanarebera izuba ababicaje ku ntebe yabukunzi,kuko ari nabo bahereweho gucibwa ibihanga kugeza magingo aya bakaba baranze kwunamura icumu.
Wa mugani wa mujiji «TITO Rutaremara» ngo ntawurya omelette atabanje kumena amajyi,iyi mvugo yayikoresheje ubwo yarabajijwe ku kibazo cy’ihanurwa ry’indege y’uwahoze ayobora icyo gihugu ‹IKINANI CYANANIYE› abagome n’abagambanyi Habyarimana.
Iyi mvugo cyangwa urugero yatanze,ninarwo bakoresha burimunsi aho uwo bashaka kwikiza baba bakika ko yazabasimbura ku ntebe yabukunzi,bahita bamushakira irengero rya burundu ku buryo atazongera kwibukwa.Ariko icyo umuntu yakwibaza ahangaha,ese abakoresha ubu buryo,nibo bafite amahirwe yo gukoresha ubwo buryo?Cyangwa nabandi batavuga rumwe nabo,bashobora kwitiza iyi mikorere bakaba bakoresha ubwo buryo busa naho ar’ikoranabuhanga rigezweho mukwiza abatavuga rumwe na Leta bayoboye?!!
Ikindi umuntu yakwibaza,kuki FPR itari  yafata ubutegetsi,ibyo yanengaga Habyarimana,uyumunsi ari byon abo bakora?Ubu se bishatse kuvuga ko,nabatavuga rumwe n’abega na fpr,nabo nibamara kugera kubutegetsi,bagera ikirenge mu cya fpr nk’uko fpr yageze ikirenge mucya Habyarimana na Kayibanda?!!
Ariko se ubundi umuti w’ikibazo ni uwuhe?Cyangwa biterwa niki kugirango habeho system iteye ukubiri namahame ya demokarasi ‹democracy›ntekereza ko mbere na mbere biterwa nubushobozi bucye cyane bw’uwahawe ubutegetsi.Icya kabiri bishobora kuba na none biterwa no kuba uwahawe ubutegetsi ahorana ubwoba bwo kuzakena kuko aba yahawe gutegeka umutungo umurusha ubunini n’ubugari mu bitekerezo bye.Bityo agahorana ubwo bwo kuzakena.
Iyo witegereje Kayumba Nyamwasa usanga nawe ntaho atandukaniye nabo arwanya ngo abasimbure kubutegetsi.Kuko yarezwe muriyo system,kandi akaba ari wa muntu urwanya ibiri mu bandi,ariko ntashobore kurwanya ibiri muri we.Umuntu wese ukoresha igitugu na munyagire,ntashobora gutegeka igihugu ngo abaturage babeho neza cyangwa ngo igihugu kizatere imbere.
Ahangaha turagira inama abarwanya agatsiko k’ingoma y’abega,yuko bakwiye gutekereza neza bakagira icyo twita ‹activity network activity graph› A graphical method for showing dependencies between tasks ‹activities› in a project. «The network consists of nodes connected by arcs. Nodes denote events and represent the culmination of one or more activities»
Ubusanzwe network activities igira plan A na plan B,bisobanuye ko,niba gushyikirana byanze,ubusanzwe niyo nzira yamahoro buri wese yashyigikira kugirango hatameneka amaraso mu baturage.Ariko iyo binaniranye,hakoreshwa plan b.Bivuze ngo hazakoreshwa imbunda namasasu igihe umwega azinangira umutima.
Ariko hari n’ubundi buryo abantu bakoresha mu gihe byaba bikomeje kuba ingorabahizi,n’ugushaka bategekana n’umwega bakabizeza umutekano uhagije mu gihe bakwemera gukemura akabazo ko gukuraho umwana w’umwega ntibazakurikiranwe mu nkiko kubera ibyaha bakoze babikoreshwa na shebuja nubwo ibyo bitaba bikwiye kuba impamvu kuko hakoreshejwe intambara bagatsinda urugamba kuko badashyigikiwe n’abaturage nta kabuza bazabazwa ibyaha bakoze.
Ariko se ubundi abanyarwanda uwo barwana nawe afite ingufu zinganiki?Ubundi ingufu zishingiye kubaturage,kandi abo baturage nibo ingoma y’abega yirirwa ihondesha ifuni imitwe yabo.Bivuzeko,ari ntambaraga z’abaturage basigaranye usibye ingufu zagisirikare zonyine nazo ziba zifite aho zigarukira.
Ariko kandi hari na plan c,aho abega bashobora guhitana umwakagara barangiza gukora iyo mafia,bagahita basaba imishyikirano kugirango habeho isangirwa ry’ubutegetsi.Noneho bakubahiriza itegekoshinga kuburyo bakwirinda kumena amaraso ibi nibitekerezo tubahereye ubuntu mutaguze kugirango turebe ko nibura mwapfa kugira urufatiro.
Ariko hari nubundi buryo bwo gutangiza igisirikare (ingabo zijya gutabara abaturage) nyuma y’itangizwa ry’ingabo,hariho benshi mu ngabo za rdf zifuza ko habaho umutwe w’ingabo ukomeye kandi ufite icyerekezo atari nka ya kinamico ya Kayumba Nyamwasa muri DRCongo aho yataye ingabo mu maboko y’Umwakagara ngo arahima Ben Rutabana nabagenzi be.
egretnewseditor@gmail.com 
Skip to toolbar