Intambara ya lll y’isi yose yitwa iy’ubukungu (conspiracy theories economic weapon)

Inyange: ikiganiro cya Bwenge,Buhanga,Umuhanuzi,kirakomeje kugirango dukomereze hamwe kureba uko ibintu bimeze mu isi ya bazima.Reka duhere kuri Bwenge abanze atubwire isesengura rye uko rimeze.

Bwenge: Reka duhere kumakuru aturuka muri Leta zunz’ubumwe (US) muri Leta ya Texas-Houston   aho ibiro by’uhagarariye igihugu cya CHINA (consulate) byategetswe ko eho ku wa gatanu bazafunga imiryango nyuma yo gufatwa bashaka kwiba (hackers) covid19 research.

Byaba bitangaje kandi biteye      ubwoba mu gihe igihugu  cya CHINA bakoze (generated covid19) batarabanje gukora umuti wayo cyangwa urukingo (vaccination covid19) bamaze kumva ko US bari hafi kurangiza gukora umuti wa (covid19 vaccination) nibwo bahimbye amayeri yo kwiba (intellectual property)         kandi bihanirwa n’amategeko (international law).

Tukiri kuri ayo makuru aturuka muri US,yatangajwe kumunsi w’ejo nitangaza makuru ry’amashusho rya ABC,ryatangaje ko US AIRLINE kw’isogonda (second) bahomba amadollar (USD 1.6 b) ushobora kubara umunota amasegonda 60,ugakuba nisaha ugahita ubona amadollar bahomba mumasaha 24 hrs.

Ukubye n’igihe covid 19, izamara kw’isi,ushobora kubona za trillion igihugu cya china kizishyura  USA utabariyemo ibindi bihugu 194 bisigaye kw’isi.Urabona ko turi mu ntambara ya gatatu y’isi yose.Ikigaragara ni uko (consequences covid 19) zishobora kuzatuma china isigara                                              habi mu bukungu bwayo mu bihe birimbere.

Inyange: reka tubaze Buhanga nawe agire icyo abitubwiraho.

Buhnaga: ikigaragara ni uko isi iri mu ntambara ya lll nk’uko Bwenge amaze kubivuga (economic weapon conspiracy theories third world war). Hagati ya US na China baritana ba mwana,ariko bitinde bishyire kera bizajya ahagaragara ukuri kuzamenyekana uko ibintu bimeze,ariko nta gushidikanya ko China yakoze iri shyano bitura US ko babafatiye       ibihano byinshi murwego rw’ubukungu,bituma bahubuka bakora ibintu batatekerejeho neza,none biteje akaga gakomeye cyane mu isi yose (whole world).

Inyange: urakoze Buhnaga kuduha isesengura ryiza nubwo ritimbitse cyane nk’uko twabyifuzaga ngirango wenda byatewe n’umwanya mucye dufite uyu munsi kubera icyorezo cya covid19.Reka dukomereze k’Umuhanuzi Ainesha nawe agire icyo atubwira ndizerako ashobora no kuduha amakuru menshi tutazi.

Umuhanuzi: Murakoze inyange kumpaakandi kanya keza ko kuganira nabavabndimwe tumaze igihe kirekire tutaganira.Ubuhanuzi buvuga ko hazaba intambara ya lll y’isi yose,nubwo nakunze kubihanura abantu ntibabyiteho,ariko uyumunsi ngirango noneho mushobora kubyemera kuko ariyo ntambara turimo guhangana n’umwanzi utagaragara.

Mu bice byo muri za (60-80) havuga ko igihugu cya China kizahangana na US kuburyo Us izaba nk’aho ineshejwe,ariko hanyuma yo guhungabana cyane,ikazasubiza inyuma China.Ku buryo igihugu cya China kizaneshwa iyi ntambara,ikazagira ingaruka zikomeye cyane kubihugu byombi ndetse no kw’isi yose.

Tukiri mu buhanuzi,kandi buvuga ko,Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo agiye kumena umujinya we mw’isi yabazima,ku buryo isi yose igiye kwinjira mukaga gakomeye cyane.

Ndibuka ko bamwe mu bantu bavuzwe bazajyanwa mu butayu,harimo amashuli,insengero,abantu b’ingeri zose bazajyanwa mu butayu,ariko icyo gihe nyine havugwaga gakondo ya bakiranutsi,nubwo bitabujije no kuuvga isi muri rusange.

Abantu ntabwo bamenye ibyari byo,bakekaga ko ar’ingoma y’abega                igiye gukurwaho,usibyeko nabyo birimo ahavuga ko abega bazimika umwami wabo akazaba ar’umusore,namara kwima Azamara amasaha 24 hrs,hanyuma akurwe ku ngoma,ubwami bw’uRwanda bwongere bwime ingoma.

Ngirango mu minsi ishize mwumvise ko havutse ishyaka riharanira ubwami bw’abega ryitwa «UMURAGE»  aho barimo gusaba ko ubwami bw’abega bwasimbura republika y’ikinyoma itemewe n’amategeko.

Kandi ubuhanuzi bukomeza buvuga ko,ubwami bw’abega buzavaho hari intambara y’isi yose! Uyumunsi intambara turimo ntabwo ari intambara yamasasu,ahubwo turi mu ntambara y’ubukungu bw’isi,aho ibihugu bikomeye kw’isi bihanganye cyane,usibyeko twanabiciriyeho iteka byose uko ari 196.

Ariko cyane cyane by’umwihariko China,n’igihugu cya RUSIA,IRAN,Korea n’ibindi nk’ibyo  murabona rero ko ka file number kalimo gukora umurimo wako neza (heaven judicially) icyo nababwira ni uko Uwiteka ari kw’isi alimo gukurikirana agahunda zose za satani nabadayimoni,hamwe n’igihugu bikorera satani.

Imigambi yabyo yose azakomeza kuyiburizamo.Abanyamadini bari bariraye bumvako Imana bayitwaye mukwaha ari ntawundi muntu wabona Imana batabigizemo uruhare.None kababayeho bararuciye bararumira.Ubu biteye isoni kumva abanyamadini bavuga ko ngo baseze cyane covid 19 ikarangira.

Bategereje ko US ibona umuti ubundi bakavuga ko ngo basenze Imana igakora ibikomeye cyangwa ibitangaza.Imana yabo nta bwo ishobora gukora USA itari ytangaza ko yabonye umuti cyangwa UK,mutegereze gatoya muraza kumva aho bazaba bakarata bivuga ibigwi ko ngo bakoze amasengesho atabaho.

Inyange: Muhanuzi murakoze cyane kutugezaho amakuru mu buhanuzi,natwe amakuru twamenye muri kimweru,ni ay’uko za magigiri zo mu gihugu cy’Ibabyloni ubu zimerewe nabi cyane.Abagore bo mu bwoko bw’Abatutsi-kazi birirwa bagendana ibitenge (2) bavuga ko ngo barimo gukora umwuga w’ubucuruzi,ubanza akaba kashobotse.

Nigute watembereza ibitenge (2) kimwe kigura amashillingi 850ksh, ubwo ibitenge (2) ni amashillingi 1700 ksh, umugore akabizunguza ukwezi kose ubwo uwavuga ko ari magigiri yaba abeshye?Yurira imodoka akishyura wenda amashillingi 100 kumunsi,kandi yataha agataha atagurishije,ubwo ubwo bucuruzi nibwoko ki?

Reka tubwire umwakagara ko,atariko bakora ubumagigiri bita (tracking and report) bazasubire mu ishuli kuko bafite ikibazo cy’ireme ry’uburezi.Nubwo yigeze kwita abize ko ar’injiji z’abantu bize,ariko injiji y’umuntu wize iruta injiji y’umuntu utarize!!!

Ariko se iyi myaka yose ishize abega ntabwo bari biga la! Ubusanzwe tracking and report uyikorera umuntu murwego rw’ibyo akora,wenda ubucuruzi ugashaka uko mwakorana bityo bikagufasha kugenzura no kumenya ibyo akora byose ukazabona uko umuta muri yombi.Ariko umuntu mudakorana wamukoreraho tracking and report gute?

Ikindi n’imvugo y’Umwakagara aherutse kuvuga ko ngo «abakiri batoya bakwiye gukosora amakosa twebwe abakuru twakoze» aha wibaza abo yabwiraga bikakuyobera,ariko abazi gusesengura uhita wumva ko yabwiraga abega kuko amaze kubona ko intambara yo kumukura kubutegetsi isa naho imaze gukaza umurego cyane,bityo akaba alimo kubwira abega bakiri batoya ko imbere habo Atari heza bakwiye gusha uko bazabyifatamo!!!!

nccleon@gmail.com

Skip to toolbar