Daily Archives: March 20, 2019

Ibitero bya Maj.Sankara Calixte muri nyungwe byaba bishidikanywaho!!!

Ishyamba rya nyungwe
Abitwaje Intwaro Bagaragaye Hafi y’Ishyamba rya Nyungwe
Abantu bataramenyekana bitwaje intwaro bagaragaye mu murenge wa Karambi uhana imbibe n’ ishyamba rya Nyungwe mu karere ka Nyamasheke mu Burengerazuba bw’u Rwanda nkuko byemezwa n’ubuyobozi bw’uwo murenge.

Umwakagara yishyize hanze!!!

 

      Yishyize hanze

Gahunda ya Brexit mu Mayira Abiri

Bamwe mu Bari mu myiyerekano yo kugaragaza ko bashigikye Brexit mu kwezi kwa kabiri
Komisiyo ihoraho y’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) yavuze ko kwigiza inyumaBrexit, gahunda y’ Ubwongereza kuva muri uwo muryango kugeza ku ya 30 z’ukwa gatandatu bishobora guteza ibibazo bikomeye by’amategeko n’ibya politike.

Umwakagara yagiye kuraguza kumucyecuru w’umupfumu kazi,witwa “NYIRAMANDWA ku GIKONGORO NYAMAGABE”

 

      Nyiramandwa 2009
Skip to toolbar