Abasilikare Batandatu ba Kongo Biciwe mu Mirwano

Abasirikare batandatu ba Republika iharanira demokrasi ya Kongo brishwe, mu gutana mu gikorwa cya gisirikare cy’inteko za Leta ya Kongo cari kigenewe gutuza inteko z’u Rwanda zivugwa ko zari zinjiye ku butaka bwayo.

Ibyo byatangajwe, uno musi ku wa gatanu, n’umutegetsi w’igisirikare cya Kongo. General Bruno Mandevu, ayoboye inteko zijejwe kurwanya umurwi urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda wa FDLR. Asigura ko bane muri bo bakomeretse bikomeye. Atangaza kw’inteko z’u Rwanda zari mu birindiro bitatu ku butaka bwa Kongo, byerekana ko zari zaje kurwana.

Ku musi wa gatatu, inteko za Kongo zari zamenyesheje kw’ugutana mu mitwe gukomeye kwabereye hafi y’urubibe n’u Rwanda. Leta ya Kongo yagirije inteko z’u Rwanda ko zashizeho ibirindiro ku butaka bwacyo.

Skip to toolbar