Yiringiye ijosi rimubyarira umwingo.

Ku wa 19 Nzeri 2014, Nerekwa mu murwa mukuru w’uRwanda witwa Kigali ,mu gace kitwa Nyamirambo,hategurwa inama ihuza umukuru w’igihugu umwakagara Paul Kagame.Abateguye iyo nama bari abasirikare ba RDF,ako gace ka Nyamirambo nabonaga gasa nakuzuye ingabo nyinshi.


 Ku wa 19 Nzeri 2014, Nerekwa mu murwa mukuru w’uRwanda witwa Kigali ,mu gace kitwa Nyamirambo,hategurwa inama ihuza umukuru w’igihugu umwakagara Paul Kagame.Abateguye iyo nama bari abasirikare ba RDF,ako gace ka Nyamirambo nabonaga gasa nakuzuye ingabo nyinshi.

Maze umukuru w’igihugu aza guhura nabaturage abereye umuyobozi kugirango abaganirize.Igihe amaze kwinjira muri stade regional inyamirambo,agiye gufata ijambo,abasirikare bashinzwe kumurinda bamukurura vuba na vuba,bamubwira yuko ngo babonye izindi ngabo zije kumuca igihanga.

Ubwo bahise bamumanura bamuhisha mu kigo cy’ishuli cy’Inyamirambo muruhande rw’ubumoso uturutse kuri teriminus ugana muri ville,mbona abamuhungishije ahubwo aribo bagiye kumucaigihanga,ako kanya abanyarwanda bari bateraniye kuri iyo stade bahita barahunga bakizwa n’amaguru umwakagara bamuca igihanga bakimanika kukarubanda.

Skip to toolbar