Umwakagara Paul Kagame: Imana twayirashe ijisho rimwe ubwo twari kumulindi wa Byumba

Umwakagara Paul Kagame: Imana twayirashe ijisho rimwe ubwo twari kumulindi wa Byumba

Inkuru dukesha ijwi ry’America (VOA) yemeza ibimenyetso by’Ubuhanuzi twanditse taliki ya 20 April, 2024 ubu Buhanuzi bufite umutwe wa magambo ugira uti «amarembera y’ihirima ry’umwana w’unwega UMWAKAGARA PAUL KAGAME» ubu buhanuzi bulimo More »

Ikinyoma cyo guhitana Foster Gen.Ogola Francis cyamenyekanye!

Ikinyoma cyo guhitana Foster Gen.Ogola Francis cyamenyekanye!

  Umugabo mukuru w’ingabo za Kenya Gen. Ogola Francis ku wa kane yitabye Imana azize impanuka italimo kuvugwaho rumwe na batavuga rumwe n’ubutegetsi (oppositions) Azimio La Umoja One Kenya Coalition.Basabye Leta ya More »

Foolish people, foolish government. Abantu bibigoryi, n’ubutegetsi bw’ibibigoryi!!!

Foolish people, foolish government. Abantu bibigoryi, n’ubutegetsi bw’ibibigoryi!!!

Birashoboka yuko umuntu ashobora kuba afite uburwayi bukomeye isi itari yasobanukirwa, mu bisanzwe ubundi umuntu wese arushwa no gushaka kumenya akibazo afite kugirango ashakishe umuti wicyo kibazo.Nyuma yo kumenya ikibazo no gushakisha More »

Museveni na Kayumba Nyamwasa balimo kwirebera mu ndorerwamo

Museveni na Kayumba Nyamwasa balimo kwirebera mu ndorerwamo

  April 17,2024 ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) biratangaza Amakuru akurikira. Mu ijoro ryakeye Kampala muri Uganda bakoranye inama na Kayumba Nyamwasa, bamubwira ko adakwiye gutaha amanitse amaboko More »

The Destruction of Iran’s Terrorist Hub in Damascus Was Entirely Justified

The Destruction of Iran’s Terrorist Hub in Damascus Was Entirely Justified

The bombing of the Iranian consulate in Damascus, Syria was not, as the Iranians claim, simply an attack on a blameless diplomatic mission. It was a carefully targeted strike on the headquarters More »

 

Ubuhanuzi mu marembera y’Ingoma.

Kuwa 16 Nyakanga 2014, ubwo nari kumurwa mukuru w’ishushani mu gihugu cy’Ibabulini,naridi kumurimo w’Uwiteka,maze ijwi ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu va kumurimo w’Uwiteka ujye kumurimo w’Uwiteka wandike ibyo wabwiwe kandi weretswe!kuko igihe gisigaya ari gito cyane kuko igihe gishyize cyera ngo ibyavuzwe na bahanuzi b’Uwiteka bisohore.

Ubwo navuye kumulimo njya kumulimo w’Uwiteka,maze nandika ibyahanuwe n’umuhanuzi mukuru hamwe n’umuhanuzi.


Kuwa 10 Nyakanga 14,byari mu masaha yasaa 06hoo na saa 07hoo,maze njyanwa mu iyerekwa mbona bimwe mu bihugu bikomeye ku isi,bikora inama yogukura kagame kubutegetsi,abari muri iyo nama ntibigeze bifuza yuko haba har’umuntu numwe wamenya ko iyo nama yabaye kuko yabereye mu ibanga rikomeye cyane usibye ko,Uwiteka hamwe n’umuhanuzi mukuru bari bari muri iyo nama.Maze bemeza ko umugambi wogukura kagame kubutegetsi wemejwe kandi ko ntagisibya!Ni uko umwuka w’Imana arambwira ati mwana w’umuntu tangariza abatataniye mu mahanga ko Uwiteka amaze gukoresha abakozi be,inama yogukura umwakagara ku ngoma.

Dore abakozi banjye barangije inama,kandi nanjye nari mpari,bamaze kwemeza ko,kagame bagiye kumukuraho,bwira intama zanjye zitegure zishingikirize k’Uwiteka wenyine kuko ibihe birakomeye cyane,kuko bagiye gushinga umuhunda ku kirenge!?Dore ibyavugiwe mukanwa kabahanuzi ndabisohoje,abanyiringiye nzabakiza nzabagirira neza,nzabitaho,intama zanjye nzaziragirira,izinanutse zizabyabuha,izavunitse nzazunga,intabwa nzazitaho,imfumbyi nzazibera umubyeyi kuko abaziragiraga baragiriraga ibihembo,ndetse zimwe barazigurishije,izindi barazirya,izasagutse bazijugunyira amasega izindi ziratatana none kubera iyo mpamvu,nzazibera umushumba jyewe ubwanjye Uwiteka niko mvuze.

Dore akaga,ibyago,amakuba,birage kubafite umubiri mu gihugu cyawe,bwira ubwoko bwanjye bakure amaso kubitagira umumaro,kuko kumunsi wamakuba ubegereye bitazabasha kubakiza,kandi ndirahiye ntabwo nzongera kwemera ko banyambura icyubahiro cyanjye uko niko Uwiteka avuze!.

NB:Ngiye gutatanya ubwoko bw’Abayisiramu,kuko gukiranirwa kwabo kumaze kungera imbere bakoze ibyangwa n’Uwiteka Imana ya Israel,kubera iyo mpamvu nzabatatanya mbageze kumpera y’Isi uko niko Uwiteka avuze!Ibikorwa byabo ntibizongera kwibukwa ukundi uko niko Uwiteka avuze!.

Dore amaso y’Uwiteka ahora kubakiranutsi,kandi nzahora inkozi zibibi zihaye kwigarurira ubwoko bwanjye uko niko Uwiteka avuze!.

Dore abaguha umugisha nanjye nzabaha umugisha,abazakuvuma nanjye nzabavuma uko niko Uwiteka avuze!.Abazakugirira neza nzabakubira inshuro(7);uko niko Uwiteka avuze!.Humuriza ubwoko bwanjye ubabwire uti nibahumure kuko ngiye kubatabara uko niko Uwiteka avuze!.Ubwire abatataniye mu mahanga uti,nd’Uwiteka Imana ifuha ya Israel na Yakobo,bazabona kugira neza kwanjye!Abazakomeza amasezerano nzabana nabo,nzabagirira neza,nzabakiza,intimba yo mu mutima uko niko Uwiteka avuga!.

Dore umukumbi wanjye nzawuguyaguya,nzawegeranya,nzawusubiza ahawo mu rwuri rwawo,ndetse nzawuha gakondo yawo,uko niko Uwiteka avuze!.Izishwe n’inzara nzaziragira,izishwe n’inyota nzazuhira kumariba afutse uko niko Uwiteka Imana ya Israel avuze!.Nzazikiza ibikomere,izaremaye nzazimugurura, dore abashumba bose bari abibihembo ariko kuri wa munsi zizamenya yuko arijye Uwiteka Imana ya Israel nijye uvuze!.

Kuwa 11 Nyakanga 14 umwuka w’Uwiteka yaransanze,anjyana mu iyerekwa,maze nerekwa imibereho y’abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi baturutse mu gihugu cya Uganda basengera mu itorero rya CLPR ku kimihurura kwa RUGUMBUGUZA Meshack.

N’uko nerekwa abo banyarwanda bateraniye murugo rw’umuririmbyi wo muri urwo rusengero,akaba n’umukwe wa Col.Pastor Twahirwa Dodo,witwa EUGENE,barimo barwanira amata y’umujago,hamwe n’amandazi!Inzu banyweragamo ayo mata y’umujago cyangwa icyayi,yari inzu yubatse ibikuta (4);ariko nta miryango cyangwa amadirishya yari ifite,hari hameze nko mukirongozi.

Nerekwa umuhanuzi mukuru atutse nko muri metro 100,yitegerezaga imihora cyangwa za ruhurura zari zizengurutse iyo nzu.Maze mbona haje umuntu amuzaniye amata atavanze ndetse n’umugati wose arawumuterera umuhanuzi mukuru arawusama arafungura‹Inzu,bisobanura igihugu cyambaye ubusa kitagira amasengesho,amata yumujago bibanura inzara no kurwanira ibyokurya,imihora nz za ruhurura n’inzira z’inkozi zibibi zinyanye no gukiranirwa›.

 

(b)Nerekwa inkozi zibibi zongera kwisuganya ngo zubake uruhimbi rwabadaimoni nari maze gusenyesha amasengesho,kugirango babashe kongera kwigarurira umugisha mwibano,ariko ntibyabakundira kuko umuhanuzi mukuru yahise ahagera aburizamo ibyo bikorwa byabo by’ubugizi bwanabi.

© Nerekwa umwuka w’inzika wuwahoze ayobora uRwanda perezida Habyarimana yuvenali,mbona yicaye kumuhanda wa Bank de Kigali,hafi y’agahanda kazamuka kajya ahahoze Radio Rwanda,nabonaga hari amaduka acuruza za costime,suit,maze Habyarimana arazifata zose avuga ko,arizo bamwibye ngo izo nizo yambaraga ari mukazi ubwo yari akiri mu Rwanda atajyanwa iwabo wa twese.

Mbona abagabo bab’abatutsi nabagore babo batangajwe cyane n’ukuntu Habyarimana agarutse kukwa ibyahoze ari ibye nyuma akaza kubikurwamo n’igihe cye cyari gisohoye!imyenda bisobanura ibikorwa,umwuka w’inzika uzasiga igihugu iheruheru cyangwa ubusa muyandi magambo.Intambara igiye gutangira icyirukanye Habyarimana nicyo kizirukana Kagame!

Kuwa 13 Nyakanga 14,nibwo nari mvuye kumulimo w’Uwiteka kumurwa mukuru w’ishushani mu gihugu cy’Ibabuloni,byari hagati ya sa 06hoo na sa 11hoo z’amanywa,maze nerekwa ukuntu ahanga amaze gutegura inzira y’inyeshyamba za fdlr zizanyuramo zitaha ngo zigere mu rwagasabo aho zizahanirwa hamwe n’inkozi zibibi ngenzi zazo aho zakoreye ibyaha byo kumena amaraso yabatariho urubanza nabakiranutsi!.

Maze nitegereje mbona fdlr zigeze kukibuga cy’indege zuriye indege zigana murwagasabo”Indege bisobanura urupfu cyangwa ububyutse bw’ibibi cyangwa ibyiza”mbona aba fdlr baranezerewe cyane kuko bahagarariwe ningwe bakaba bagiye kuvoma,bisobanuye yuko gutaha kwabo ariyo ntangiriro y’intambara aho kugirango ribe iherezo ry’intambara.

Kuwa 13 Nyakanga 2014,ahagana mu masaha ya 04hoo na sa 06hoo z’umugoroba najyanywe mu iyerekwa,umwuka w’Uwiteka yaransanze anjyana mu iyerekwa ajya kunyerekwa ibikorerwa mu isi y’umwuka,anyereka ko,igihe gishyize cyera ko,ibyahanuwe nabahanzu bisohoye vuba cyane,arambwira ati mwana w’umuntu byuka wandike ibyo ubonye kandi utangarize intama z’Uwiteka uzimenyeshe ko,igihe kigeze ngo iby’Uwiteka yavuze bisohore.

Dore kagame paul avuye ku ngoma,kandi amaraso menshi aramenetse,abantu bananiwe kwiringira Uwiteka biringira imbaraga zabo none bahembwe gukiranirwa kwabo.Ubwo nibambuye numva ndananiwe cyane kuko nubundi nibwo nari nkimara kuva gushyira ahagaragara ibyavuzwe n’Uwiteka menyako amazi atakiri yayandi ubwo nahise mfata urugendo nsubira mu murwa mukuru njya gushyira ibyavuzwe n’Uwiteka ahagaragara kugirango abatataniye mu mahanga bamenye ko,igihe cyo gukurwa mubunyage cyegereje.

inyangenewseditor@gmail.com

Ubuhanuzi bwo muri hotel Uganda.

17 sept 2012 njyanwa mu iyerekwa mbona Uwiteka Nyiringabo angirira Ubuntu,maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana yabakiranutsi,rirambwira riti,mwana w’umuntu,Numara kugera mu gihugu cy’IBABYLON,uzasanga visi perezida wa Kenya witwa Karonzo Musyoka akiri ku butegetsi,azavaho hanyuma nyuma azagaruka kubutegetsi batsinze amatora aho niho ubwiza bw’Uhoraho Uwiteka Imana yawe buzakwigaragariza uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.


Igice cya (1-3.1) cy’ubuhanuzi

abantu bakomeje ku twandikira ari benshi cyane, basaba ko twabasubirizaho ubuhanuzi bw’Umuhanuzi Majeshi Leon ngo bamwe baba batabusomye.

Ikinyamakuru Inyangenews cyaganiriye n’Umuhanuzi MAJESHI Léon, akigezaho ibyerekeye N’ubuhanuzi we yahawe n’Imana yo mwijuru, ari nabwo tugiye kubagezaho muri uyu mwanya. 

Ubuhanuzi bwo muri 1999-2000.

Ubuhanuzi bwo muri 1999-2000 umuhanuzi Majeshi Leon yajyanywe mu iyerekwa,maze yerekwa ibyo kugaruka k’Umwami Yesu kristo,yeretswe Umwami Yesu aturuka mu bicu byo muburasira-zuba bw’isi. Maze agituruka mu bicu,isi yose ihinda umushyitsi,mbona ingabo z’abasirikare bose b’isi bitegura kurasa Umwami Yesu,izo ngabo zari ziyobowe n’inkotanyi-APR/RDF,nerekwa bafata intwaro zikomeye intwaro yarimo nto,niyitwa R.P.G izindi zose zari za burende/ibifaru.


Ubuhanuzi bwo muri 1999-2000 umuhanuzi Majeshi Leon yajyanywe mu iyerekwa,maze yerekwa ibyo kugaruka k’Umwami Yesu kristo,yeretswe Umwami Yesu aturuka mu bicu byo muburasira-zuba bw’isi. Maze agituruka mu bicu,isi yose ihinda umushyitsi,mbona ingabo z’abasirikare bose b’isi bitegura kurasa Umwami Yesu,izo ngabo zari ziyobowe n’inkotanyi-APR/RDF,nerekwa bafata intwaro zikomeye intwaro yarimo nto,niyitwa R.P.G izindi zose zari za burende/ibifaru.

Umwami Yesu,nta bwo yigeze agera kubutaka,ahubwo yagumye mukirere ahangana nayo mahanga yaramwiteguriye kumugirira nabia,ariko bose mbona bishwe n’ubwiza bwe bwari bumeze nk’imirabyo y’izuba ifite ubukanabukomeye cyane kuburyo batashoboraga kumureba mu mason go bashobore kurasa ibyo bisasu bya rutura.

(b) Nerekwa Umwami Yesu agaruka gutwara abakiranutsi,mbona ahereye kubana icyo gihe bari bafite imyaka (5) gusubira hasi,nerekwa umuhanuzi mukuru ndetse n’uwahanuye ibi,bose bambikwa amababa basanga Umwami Yesu mukirere,maze numva umuhanuzi mukuru avuga ngo,namahirwe kuko ibi atar’inzozi cyangwa iyerekwa nah’ubundi byari kuba bibabaje.Nkimara kumva ayo majwi nkurwa mu iyerekwa mbabaye  cyane kuko nabonaga ar’ibintu bigaragara kandi bifatika mbabazwa ni uko nsubijwe mu mubiri.

©Nerekwa ububyutse buza mu isi y’abazima,mbona abahoze arabasirikare b’inkotanyi aribo batoranijwe gukorera Uwiteka muri ubwo bubyutse!Buzuye imbaraga z’Imana zidasanzwe,umwuka wera yari kuri bo,bakoreshwaga ibitangaza n’ibimenyetso bimeye maze isi yose igira ishyari baza mu Rwanda kureba ibihabera no gusaba umugisha uturuka kubantu b’Imana kugirango bagirirwe ubuntu n’Uwiteka Imaana yabakiranutsi.

 

Umwami Yesu,nta bwo yigeze agera kubutaka,ahubwo yagumye mukirere ahangana nayo mahanga yaramwiteguriye kumugirira nabia,ariko bose mbona bishwe n’ubwiza bwe bwari bumeze nk’imirabyo y’izuba ifite ubukanabukomeye cyane kuburyo batashoboraga kumureba mu mason go bashobore kurasa ibyo bisasu bya rutura.

(b) Nerekwa Umwami Yesu agaruka gutwara abakiranutsi,mbona ahereye kubana icyo gihe bari bafite imyaka (5) gusubira hasi,nerekwa umuhanuzi mukuru ndetse n’uwahanuye ibi,bose bambikwa amababa basanga Umwami Yesu mukirere,maze numva umuhanuzi mukuru avuga ngo,namahirwe kuko ibi atar’inzozi cyangwa iyerekwa nah’ubundi byari kuba bibabaje.Nkimara kumva ayo majwi nkurwa mu iyerekwa mbabaye  cyane kuko nabonaga ar’ibintu bigaragara kandi bifatika mbabazwa ni uko nsubijwe mu mubiri.

©Nerekwa ububyutse buza mu isi y’abazima,mbona abahoze arabasirikare b’inkotanyi aribo batoranijwe gukorera Uwiteka muri ubwo bubyutse!Buzuye imbaraga z’Imana zidasanzwe,umwuka wera yari kuri bo,bakoreshwaga ibitangaza n’ibimenyetso bimeye maze isi yose igira ishyari baza mu Rwanda kureba ibihabera no gusaba umugisha uturuka kubantu b’Imana kugirango bagirirwe ubuntu n’Uwiteka Imaana yabakiranutsi.

UAE: “A Huge Leap from Medieval Ways” by Sara Al Nuaimi

  • The remarkable crown prince of Abu Dhabi, Sheikh Mohamed Bin Zayed Al Nahyan, donated land for the Hindu temple, to foster cultural and religious tolerance, and bring diversity to Abu Dhabi. The temple also fit newly passed UAE legislation establishing religious freedom.


  • As the prince explained, a “civilized, advanced” Abu Dhabi with sustainable development requires “concerted efforts from all sectors of the community” — Hindus included.

  • “This is a huge leap from medieval ways of thinking. Humanity is against aggression and stopping others from practicing their faith.” — Saleh Al Turigee of Saudi Arabia, who has 143,000 Twitter followers.

  • Positive voices from the UAE and elsewhere in the Middle East, especially Egypt, supported the temple. It shows that the non-extremist segment not only exists, but is ready to take on the extremists.

  • “Religion is for Allah only. All Imams agree that building temples for idol worshipping is a blasphemy.” — Waseem Yousef, imam of the Sheikh Zayed Mosque in Abu Dhabi. He quickly found his television show canceled.

A tweet by India’s Prime Minister Modi on Aug. 16, during his visit to Abu Dhabi, prompted a unique cultural debate in the United Arab Emirates (UAE). Announcing to his 14.9 million followers that the UAE government had allotted land for a Hindu temple, he prompted a discussion on Twitter that generated over 25,000 tweets in the Arabic language alone (a very large number for public opinion in the UAE and other Arabian monarchies), coverage on the BBC, and more.

It was the remarkable crown prince of Abu Dhabi, Sheikh Mohamed Bin Zayed Al Nahyan, who donated land for the temple; he did so to foster cultural and religious tolerance and fit his longstanding effort to bring diversity to Abu Dhabi (another notable example was establishing the Guggenheim Museum). As the prince explained, a “civilized, advanced” Abu Dhabi with sustainable development requires “concerted efforts from all sectors of the community” — Hindus included. The temple also fit newly passed UAE legislation establishing religious freedom.

But the prospect of a state-supported Hindu temple immediately provoked an uproar, beginning with the Twitter hashtag (in Arabic) #BuildingAHinduTempleInAbuDhabi. The imam of the Sheikh Zayed Mosque in Abu Dhabi (where super-star Rihanna controversially had modeled her Arabian outfit), Waseem Yousef, kicked off the debate that same day with a tweet asserting that “Religion is for Allah only. All Imams agree that building temples for idol worshipping is a blasphemy.”

“Religion is for Allah only. All Imams agree that building temples for idol worshipping is a blasphemy.” — Waseem Yousef

“If you truly respect religions, you’d keep these scumbags out of the mosques of Alla.h” — Ahmad Aloudah

The popular UAE response to Youssef’s tweet came fast and hard: #StopWassim’sTVShow. And, indeed, he quickly found his television show interpreting dreams canceled.

News of the Hindu temple then crossed over to nearby countries, especially Saudi Arabia, where a surge of anti-Hindu sentiments smeared the crown prince, the UAE government, and all Emiratis.

Some anti-Hindu tweets cited the Prophet Muhammad breaking idols in Mecca. Others focused on the persecution of Muslims in Burma where Buddhists (not Hindus) destroyed a historic mosque and massacred Muslims.

“1400 years ago the prophet purified Arabia from idol worshipping. Now it returns to Abu Dhabi.” — Mshari Al-Shammari

Other Saudis were anti-freedom and progress. They apparently believe it collides with Islamic values, and refuse to consider the UAE as a model for balancing the two:

“They claim freedom, build churches and temples, but they’re actually taking bad habits from the West and calling it progress.” — @zeiid2

Some of the tweets attacked Abu Dhabi’s crown prince:

“Only Muslims are worthy of your love and compassion.” — @Alyahyamo7ammad

The Islamic State in Iraq and Syria (ISIS) also weighed in:

“We are destroying the temples of idol worshippers, and the UAE is calling Muslims to follow the infidels.” — @Asdia1Y

Surprisingly, this was tweeted from a Canadian Muslim, referring to the Hindu temple:

“Thank god for ISIS, which will blow it up soon.” — Angham Mohammad Ali

The response, however, was not one sided. A tweet quickly emerged from Saudi Arabia under a trending hashtag #LiberalRational:

“Idol worshipping never left Mecca. Mecca is the idol that you worship.” — @azoozazeez1

Other twitter users from Saudi Arabia also followed suit, including the writer and public figure Saleh Al Turigee, who has 143,000 followers on Twitter.

“This is a huge leap from medieval ways of thinking. Humanity is against aggression and stopping others from practicing their faith.” — Saleh Al Turigee

Positive voices from the UAE and elsewhere in the Middle East, especially Egypt, supported the temple; they pushed it forth as a symbol of love, freedom, knowledge, innovation, and humanity.

“India: A Sikh man builds a mosque for his Muslim childhood friend. Extremists will never understand this.” — @mo7d_alhajri

“Religious freedom is a right for everyone, just as it is a right for you to have a mosque in non-Muslim countries” — F. K. Habeeb

“Cow-worshippers produced the following people, and we produced ISIS, Al-Qaeda and Hezbollah.” — Karim Habsi, Oman.

“UAE says Islam is a religion of humanity. ISIS says Islam is a religion of blood.” — Fatima Naoot, Egypt (492K followers/writer)

Some tweets, both pro- and anti-temple, showed a sense of humor:

“Let’s just respect their Holy Cow and stop eating Kebabs.” “The cows would be happy.” — @alabood9

“We are on our way to Abu Dhabi” — @33Abomamed

The Hindu temple issue reveals with special clarity the divide between Muslim extremists (who perceive the “Other” as an infidel) and Muslim non-extremists (who follow a spirit of openness, peace, and coexistence with different cultures in modern times). More importantly, it shows that a non-extremist segment not only exists, but is ready to take on the extremists. From Abu Dhabi’s crown prince, to the city’s population, to the larger body of Arabic-language Twitter activists, the non-extremists can stand up to — and sometimes defeat — the ISIS crowd.

As a UAE national who lives in Abu Dhabi, where 80% of the residents come from 161 foreign nationalities, I believe the people are looking forward to the openness represented by the Hindu temple. We look forward to its opening and see this as a welcome, significant step towards the defeat of the extremists in our midst.

 

Sara Al Nuaimi is an Emirati lady, a Muslim and a cultural activist based in Abu Dhabi

Skip to toolbar