Aba Pastors bashobora kuba barwaye mu mutwe!!!
April 1, 2025 the rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of living God of heaven; condemned and release the spirit of death of eternal life to Ngarambe Albert More »
Intambara ikomeye hagati y’Uhoraho n’inkozi zikibi
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uhoraho Nyiringabo yambuye ubutware bwari bufitwe na RCC ni wowe ubuhawe kugirango utunganye inzira z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo More »
Ubanza abega bagiye gukama amasitu!!!
Mar 31, 2025 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli bwira umuntu wese wagambiliye ku guhesha umugisha ahite abishyira mu bikorwa uwo mwanya kugirango More »
The God’s judgement to the concern
Mar 30, 2025 the rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of living God of heaven; condemned and release the spirit of death of eternal life to Akaje Alexis More »
Abagore b’iRwanda bahura na kaga gakomeye cyane!!!

Nov 12, 2015 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwakagara akomeje gukiranirwa cyane, none hanura ushyireho iherezo ku mbibi ze zo gukiranirwa, kugirango igihe cye kirangire burundu. Dore yaciye ibihanga by’abantu bitariho urubanza, kandi na we urumugabo wo kubihamya, ndetse alimo kugenza ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Yewe ubanza ibyo ku ngoma bitazoroha!!!
Uwiteka Imana nyiringabo ahana abanyamadini na RPF muri gakondo ya bakiranutsi
Uwiteka Imana Nyiringabo azahanagura amadini yo muri gakondo nk’ukuraho imyanda yo mu muhanda wa kaburimbo!!!

Nov 9, 2015 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore inkozi zikibi zirirwa ziguhiga zamaze kunywa kuri ariya mazi, zamaze kuryoherwa n’ibyisi, nyamara hasigaye igihe gito, bagakozwa isoni imbere y’amahanga, ndetse n’isi yose, kuko Uwiteka ari we waremye isi n’ijuru, kandi byanze bikunze agomba kwihesha icyubahiro kugirango abatari bazi cyangwa bemera yuko mu ijuru har’Imana noneho bemere yuko ariwe Imana uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.