The people dismissed from this planet

Jan 13, 2025 the rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of living God of heaven; condemned and release the spirit of death of eternal life to Gemima obtained  34,321/0001/0025 thus is heaven decisions.

Umwakagara yumvira Imana kurusha abanyamadini bavuga yuko ari abakozi bayo!!!

Aug 26, 2015 Njyanwa mu iyerekwa mbona muri gakondo ya bakiranutsi haza umuyaga uvanzemo n’imvura, urimo n’umuriro waka cyane! Kandi ufite ibirimi by ’umuriro birebire cyane, uwo muyaga, n’uwo muriro niyo imvura byahise bisenya amadini “inyubako z’insenegro” byose bishiraho burundu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse.

Ubumwe bushingiye ku maraso cyangwa bushingiye ku mata, niba basangira amaraso, kuki batasangire amata! byo ubivugaho iki? Ese umuntu yitwa ikigarasha iyo atavuga rumwe n’ingoma yanyu y’abega?

 

      Amb ayinda
      Ndoli yimye ingoma

Itangazo

Twongeye gusaba abantu balimo gusaba guhabwa ubutabera ku kibibazo byabo yuko nta (services) y’ubuntu ihari kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yabutegetse. Ushobora kuvuga ubushobozi ufite uko bungana hanyuma tukareba yuko wahabwa ubutabera ku bibazo byawe.

Dore amakuru y’umuntu twaraye tuvuganye ugiye guhabwa ubutabera email yawe nibagiwe ndayahagura kumpamvu z’umutekano wawe

Njyanwa mu iyerekwa mbona uruziramire rwamize ubutunzi bw’umuntu, nibye byose, mbona urwo ruziramire (PYTHONruje muruzabibu rw’Umuhanuzi akaba n’Umwami wa gakondo ya bakiranutsi, ruza rushaka kwinjira mu nzu y’umulinzi ushinzwe kulinda ibyasezeranijwe abakiranutsi, rumaze kwinjiramo muri iyo inzu, umucamanza uca imanza zitabera ararufata arushyira kw’ikarayi yarili kumashyiga yakaga umuriro mwinshi cyane, maze ararukaranga rurashya rurangira burundu.

Skip to toolbar