Category Archives: Inte’l
Amerika yahaye Turukiya igihe ntarengwa cyo guhitamo indege zayo z’intambara cyangwa misile z’Uburusiya
Turukiya iri gusabwa guhitamo hagati y’indege nk’izi z’intambara za F-35 zikorwa n’Amerika…
Turukiya yahawe igihe ntarengwa cy’impera y’ukwezi gutaha kwa karindwi ngo ihitemo hagati yo kugura indege z’intambara zikorwa na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika n’ubwirinzi bwo guhanura indege bw’ibisasu bya misile bukorwa n’Uburusiya.
Amerika yitezwe gufata ingingo yo gutera Syria uno munsi
Igihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika cyavuze ko “amakarata yose ari ku meza” ku mugambi wo kugaba igitero cyo kwihora ic’umwuka w’ubumara cyagabwe muri Siriya, mu gihe abategetsi ba Buraya bashira ku munzani iby’icyo gitero.















