Category Archives: Slider
Igihe cyo kujyanwa mu butayu butagaruka kwa Kaguta Yoweri Museveni kirasohoye!!!
Nuko jambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abatutsi nibamara kubona America ibakuyeho amaboko, bazahita batangira kwitandukanya na RPF, kandi ibyaha byose byakozwe nishyaka rya RPF, bazabyikuraho babishyire kuri Paul Kagame bavuga ko ari we wategekaga ko bikorwa kubera gutinya ko bakwicwa bakemera kubikora uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Bakiri impunzi basengaga Imana yo mu ijuru, bamaze kubona igihugu, basenga Satani!!!
Njyanwa mu iyerekwa mbona abantu bafata itaba ryo mu bwoko bwa (cigarettes) bararifata barishyira muri bibiliya hagati mu mpauro barangije barigendera iyo bibiliya bayishyira mu nzu itarimo umuntu, bakajya baza kureba yuko rya tabi bashyizemo hari umuntu waba yararikuyemo, bagasanga rikirimo uku niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Iran’s Fantasy of Strength: When Bazaar Tactics Collide with Reality
This is not containment. It is disarmament. It is the eradication of Iran’s nuclear ambitions as a strategic variable. And it is accompanied by equally stringent regional and military demands: the cessation of financing, arming, and directing the organizations of the proxy terrorist network that has defined Iranian power projection for decades…. The United States is not seeking behavioral change. It is demanding total transformation.
Uwiteka Imana Nyiringabo yatanze ubutabera kumugabane w’Africa
Imanza zitabera zatanze ubutabera kumugabane w’Africa, aho Uwiteka Imana Nyiringabo yasabye yuko ubukoloni bwakorewe abanyafurika butari bushingiye kumategeko. Uwiteka Nyiringabo yategetse ko ibihugu byose byakolonije Africa bigomba kwishyura impoza marira yo kuba barakoresheje abantu ubucakara mu buryo butemewe na mategeko.
Intumwa ya Satani Paul Gitwaza Muhirwa atangaho ibitambo abakobwa batari bashaka abagabo muri Zion Temple na Evangelical Restoration Church
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, intumwa ya Satani Gitwaza Paul Muhirwa yahumanije urusengero rwa Evangelical Restoration Church E. R. E. Ndetse anateza ibyago bikomeye kuri RENE Masasu kugirango idini ryabo ridakomeza kwaguka cyane uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.










