Category Archives: Slider

Has Xi Jinping Lost Control of China’s Military And China Itself?

Tellingly, the most senior of the nine officers axed on the 17th was General He Weidong, the second-ranked vice chairman of the Commission and Xi Jinping’s No. 1 loyalist in the PLA. The general had gained prominence as Xi’s top enforcer in the military. Gen. He was not the only officer who backed Xi and has now been taken out of the military’s leadership ranks. Moreover, it is difficult to identify any Xi adversary who was purged in the last 18 months.

Inama y’iminsi (2) yakozwe na bazungu b’abanyamadini ku manza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo irangiye mu kanya bashwanye

Ibiro ntamakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) biramenyesha ko OCT 19,2025 hari abazungu b’abanyamadini (regions) bakoze inama ku munsi wejo ndetse n’uyumunsi bayikoze bayirangije mu kanya aho barimo barebera hamwe imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko zikora, ni mikorere yazo ndetse n’ushinzwe guca izo manza zitabera kw’isi ya bazima.

Dusabe inema yo kutabyasasa!

Ubundi ubusanzwe abantu bakuru bagirirwa ikizere gikomeye cyane kubera ko baba barahuye na byinshi bafite ubunararibonye byaba mu buzima busanzwe cyangwa mu by’ubutegetsi. Niyompamvu uzumva akenshi iyo hari aho bashaka abakozi usanga bibanda ku bunararibonye (experience) baba bashaka ko baha akazi umuntu uzabakorera neza umulimo wabo kugirango habashe kuboneka umusaruro.

Europe Has Apparently Learned Nothing

Once again, Europe seems to have slipped into a dangerous fantasy: that engaging in polite diplomatic parleys with promises of sugar plums will tame Iran’s rapacious ambitions. France, Germany, and the United Kingdom (E3), acting as the European Troika, declared their intention to revive the long-stalled nuclear negotiations with Iran. At the core of the E3’s plan lies the deeply flawed assumption that Iran can be wooed into restraint through incremental “incentives.”

Ubuhanuzi noneho butangiye gusobanuka!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ryatanze ibimenyetso byo kuvaho kw’ingoma y’abega, ariko abagombaga gusohoza ubwo Buhanuzi cyangwa ibyo bimenyetso basuzuguye ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo, maze bose uko bakabaye bacirwaho iteka rya burundu.

Translate »
Skip to toolbar