Ubuhanuzi noneho butangiye gusobanuka!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ryatanze ibimenyetso byo kuvaho kw’ingoma y’abega, ariko abagombaga gusohoza ubwo Buhanuzi cyangwa ibyo bimenyetso basuzuguye ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo, maze bose uko bakabaye bacirwaho iteka rya burundu.

Dore abamaze gukurwa kw’isi ya bazima:

  • Anne Uwamahoro Rwigara wasuzuguye Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yapfuye taliki ya 28 Dec, 2023

  • Uwari ahagarariye akanama gashinzwe amatora y’umukuru w’igihugu ni zindi nzego ka IEBC Wafula CHIBUKATI yapfuye mukwezi kwa gatatu 2025

  • Raila Amolo Odinga wanze kuba umukuru w’igihugu agahitamo intonorano ndetse akitambika imbere y’Ubuhanuzi ni manza zitabera zategetse yuko Samuei William Ruto akurwa ku butegetsi atari yarangiza manda ye yapfuye taliki ya 15 OCT,2025
  • Hasigaye SHIMA DIANE RWIGARA na we ugomba kuva mu nzira ku buryo bwihuse kugirango ibimenyetso byose uko byahanuwe bikurwe mu nzira
  • Hasigaye ikimenyetso cya NYAMPINGA usabwa guhura n’Umwami Kigeli Ndoli maze Umwakagara Paul Kagame umwana w’umwega agacibwa igihanga

Nta bwo ari DIANE SHIMA RWIGARA wenyine kuko abantu bose bagize uruhare mukurwanya cyangwa kubangamira ibimenyetso by’Ubuhanuzi ngo bidasohoza balimo ADELINE MUKANGEMANYI RWIGARA na we agomba ku biryozwa

Abahanuzi na bahanuzi-kazi bamugiriye inama yo kwanga gushyingira Umwami Kigeli Ndoli ngo Ubuhanuzi basohoze umurimo wabwo na bo bagomba ku biryozwa

Abategetsi bagize uruhare mu matora y’umukuru w’igihugu cya Kenya ngo Raila Amolo Odinga adatangazwa ko yatsinze amatora na we babomba ku biryozwa harimo uwahoze ari umukuru w’igihugu wa Leta zunze ubumwe z’America JOE BIDEN bakunze kwita JOE

Yoweri Kaguta Museveni na we yagize uruhare mu matora ya Kenya agomba ku biryozwa

Umwakagara Paul Kagame na we yagize uruhare mu matora y’umukuru w’igihugu cya Kenya na we agomba ku biryozwa

Abakunda gukurikira ijambo ry’Ubuhanuzi kuri www.inyangeNewss.com musobanukirwe yuko gusohoza Ubuhanuzi ni abantu babusohoza, iyo rero habayeho kurwanya ijambo ry’Ubuhanuzi ngo budasohoza umurimo wabwo bityo bigaragare ko ibyari byahanuwe byari ibinyoma, icyo gihe Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo agaragaza umujinya we mwinshi cyane ku bantu banze nkana babigambiliye kwinjira muri gahunda y’Imana babitewe no kurwanya ijambo ry’Ubuhanuzi kubera ishyari bagirira uwabihanuweho ko azinjira mu amasezerano.

Iyo Ubuhanuzi budafite icyo twakwita (spiritual supportive of the prophecy which is God’s Law and judgements) icyo gihe usanga Ubuhanuzi bushobora gutinda bugafata umwanya utari uteganijwe ariko nabwo icyo habaho icyo twakwita (spiritual assassination) kwica umuntu wanze umugambi w’Imana kugirango akurwe kw’isi yabazima.

Abapfuye muri ubwo buryo, nta mbabazi bahita bajyanwa aho abategereje umuriro utazima bajyanwa gutegerereza (waiting eternal life of hell) umuriro utazima w’iteka ryose.

Ikindi mugomba kumenya nta bwo intambara yo kurwanya Umwami wabakiranutsi Yesu Kristo izaba ari intambara ya Masasu gusa, ahubwo yaratangiye imaze imyaka hagati y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo na bategetsi bo kw’isi kuko bazi neza yuko ubwami bw’Uwiteka buzima ingoma kandi nibumara kwima ingoma nta bwo bazongera kujya bakora ibikorwa bibi bakora bilimo no gusahura imitungo ya rubanda.

Uwiteka Imana Nyiringabo azateranya amahanga asubiranemo kugirango hazaboneke uburyo bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo buzima ingoma muri gakondo ya bakiranutsi.

Kandi ibi byose nta bwo bigomba kuba mbere yuko habaho ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Ikindi mukwiye kumenya Singombwa yuko ibimenyetso bisohoza umurimo wabyo, ahubwo n’uburyo bumwe Uwiteka Imana Nyiringabo yakoresheje ku bantu bazwi cyane mw’isi ya bazima kugirango abantu babashe kwita k’Ubuhanuzi no ku bukurikirana maze abategetsi baburwanye none ho na we abonereho uko ahangana nabo afite ibyo abashinja. Twavugako byari nko gushakisha impamvu kubavuzwe mu buhanuzi kuko n’ubundi yarabizi ko batazabishyira mu bikorwa.

Uru rubyiruko rwa Gen Z n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kw’isi ya bazima, ukurikiranye Ubuhanuzi bwa 2024 uwo mwaka wose urasangamo aho buvuga ko abanyeshuli ba za kaminuza bagiye kujyanwa mu butayu bugufiya. Bisobanura yuko ari bo Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo azakoresha bakarwanya ubutegetsi buriho bukora nabi kuko Uhoraho Nyiringabo yamanuye umwuka w’igisuzuguriro ku bategetsi bakora nabi mu bihugu byabo kandi nyamara baramaze gucirwaho iteka n’ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Uwiteka Imana Nyiringabo yamanuye umwuka wo kutumvira abategetsi kugirango bibe impamvu yo guhangana no kubica maze haboneke ibyaha bizabajyana mu butabera cyangwa bibakura ku butegetsi nyuma yo guhangana bakica abantu bishobora no kuba imwe mu mpamvu ituma bashyikirizwa inkiko.

Muri Tanzania hazaba amatora taliki ya 29 OCT,2025 president SAMIA SULUHU HASSAN akomeje gushimuta abantu kandi ari mu gihe cya matora y’umukuru w’igihugu. Ubwo urumva ko ibizava mu matora byamaze kugaragara kuko mu gihe ukumira andi mashyaka ukayabuza kwiyamamaza ugambiliye gusa kugundira ubutegetsi wagezeho ari uko wishe umukuru w’igihugu kugirango ubone uko umusimbura urumva yuko biba bitoroshye kuzatsinda ayo matora biragoye kandi cyane ko ingabo zose zo kw’isi zamaze gucirwaho iteka wabona Tanzania ikoze nkuko Madagascar bakoze muri uku kwezi ubu ingabo nizo zafashe ubutegetsi.

Twiringiye yuko Ubuhanuzi ni manza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo zizakomeza umurimo wazo nkuko bikwiriye, kandi vuba bidatinze hagiye kubaho ibintu biteye ubwoba mu gihugu cy’Ibabyloni icyerekezo cya politike gishobora guhinduka kuko hafi ya bose abashaka kuyobora icyo gihugu bamaze gucirwaho iteka n’ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar