Category Archives: Slider

Hasigaye amasha (48) ngo kwa Rwigara Assinapol bahitemo urupfu cyangwa ubugingo!

Reka dushimire Umwakagara Paul Kagame washyizeho komite izashyikirana n’Umwami Kigeli Ndoli kurebera hamwe uko hakorwa ihererekanya bubasha bwa republika mu bwami bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Ibyo bigaragaza ubushake no kutinangira umutima cyane ko azi neza yuko gahunda y’ubwami ar ‘y’Uwiteka Imana Nyiringabo ari nawe wamushyizeho none igihe cye cyo gutegeka u Rwanda kikaba kirangiye.

Next time don’t forget to change ref:number as you changed names

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of living God of heaven; condemned and release the spirit of death of eternal life to the Rwandan spy’s Ashley Rhodes obtained n°36,210/0004/0026 thus is heaven decisions.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of living God of heaven; condemned and release the spirit of death of eternal life to the Rwandan spy’s Charlie obtained n°36,211/0004/0026 thus is heaven decisions.

Nta bwo mwashobora kunyambura ubwami nahawe na data wo mu ijuru!!!

April 20, 2026 ibiro ntaramakuru byo mu ijuru biratangaza ko Jean Paul Turayishimye imbaraga yarafite z’u bumagigiri zarangiye. Ubuhanuzi bukomeza buvuga ko ngo na we yifuza kuvugana n’Umwami Kigeli Ndoli Majeshi Leon Ainesha. Ijuru kandi rikomeza ritangaza ko Umwakagara Paul Kagame yamaze gushinga komite izagirana ibiganiro n’Umwami Kigeli Ndoli kurebera hamwe uko yatanga ubutegetsi hatabayeho intambara ngo abega bajyanwe mu butayu bugufiya.

For the Leadership in Iran, Gaza and Beirut, What Is the Only Important Outcome?

[The US president’s negotiations and ceasefires] are viewed by Tehran, Gaza and Beirut as infidels trying to tell Muslims what to do. For them, such a situation is unimaginable, unacceptable, and cannot be allowed to stand. To Iran’s current leaders, whoever they are, if Trump carries out his threat to bomb the country’s bridges and power plants on Wednesday, so be it.

BBC iyo batahawe ikiraka cyo kwamamaza batangira gusebya ibicuruzwa bigezweho

EgretNews yagiye gushaka umuntu ukoresha aya mavuta ya collagen bivugwa ko akuraho iminkanyari, (wrinkles) nyuma yo kubona ikinyamakuru cya BBC cyanditse ko ayo mavuta ya collagen adakuraho (wrinkles) twasanzwe akoresha ubu bwoko bw’aya mavuta kuko hariho amoko menshi atari ay’umwimerere kubera gukunda amashillingi no kwigana ibihangano bya bandi. Twasanze aya mavuta yarakuyeho iminkanyari twarebye amafoto ye mbere yo gukoresha aya mavuta ya (wrinkles) na nyuma yo kuyakoresha. BBC babaye abacuruzi aho kuba itangaza makuru.

Translate »
Skip to toolbar