Abega barimo gutema ishami ry’igiti bicayeho
Abega bamaze iminsi barimo kugerageza gukora hacking bakoresheje ibigo bikomeye birimo Microsoft ndetse na bandi ba hackers bakomeye cyane, ariko bigafata ubusa. Email zanjye zose zirinzwe ni bigo 3 kandi byose nda byishyura buri mwaka. Microsoft there’s no business dukorana. Kumpa code ngo ninjire muri microsoft mfungure account for what? Kunyura muri emails mushakisha uko mwagusha ibinyamakuru nta bwo byakunda kuko biralinzwe ku buryo bukomeye cyane nta bwo mwabishobora burya si buno.
Amahitamo ni 2 murayoboka imishyikirano ya mahoro guhererekanya ubutegetsi mu mahoro, cyangwa murabyanga mukurwe ku butegetsi hameneke amaraso just simple as that’s the Heaven ordered H.E Paul Kagame.
Ikindi mufite deadline y’igihe ibiganiro bitagomba kurenza, aho rero nta bwo nta mususu kuko urwishigishiye ararusoma. Ibikorwa byitera bwoba Kurijye ntacyo bintwaye habe namba!!!
Jyewe ntegereje kureba ko Uwiteka asohoza gahunda ze, kuko niwe ubifitemo inyungu kuruta uko mbifitemo inyungu. Kuba Umwami no kutaba we, byahombera ubiftiye inyota, jyewe nta nyota y’ubutegetsi mfite kuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ni we ufite ikibazo cy’imanza zitabera ze uko zizakomeza gukorera kw’isi ya bazima.
Birumvikana cyane yuko zidashobora gukomeza habaye hatariho ubwami bwe.
N’igikorwa kizameza kuzageza ku iherezo ryacyo, so, I’m not beneficiaries at all, rather God himself is the one who’s beneficiaries and he is so interested rather me.
Ni mukomeze uko Mutinda niko iminsi yanyu igenda irangira, muzabyemera mukwezi kwa 7, nibwo muzamenya ko mukuwe ku butegetsi.
egretnewseditor@gmail.com










